Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu, SANDF, mu Burasirazuba bwa Congo kuko icyazijyanyeyo kitazwi niba kiri mu nyungu z’Igihugu cyangwa iza Perezida...
0 Reactions
1 Replies
201 Views
Abadepite ba Afurika y’Epfo ntibanyuzwe n’ibisobanuro by’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, General Rudzani Maphwanya, wababwiye ko imirambo y’abasirikare b’icyo gihugu baguye mu mirwano mu...
0 Reactions
1 Replies
271 Views
Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya...
0 Reactions
2 Replies
329 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
205 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
227 Views
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, DOnald Trump, yasinye itegeko rikura leta zunze ubumwe za Amerika mu muryango w'abibumbye ufasha impunzi, ndetse anategeka ko icyo gihungu gikurwa muri...
0 Reactions
1 Replies
197 Views
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nta nkunga za USAID zacaga mu ngengo y’imari ya Leta ku buryo bizahungabanya ibikorwa byari byarateganyijwe, ishimangira ko mu gihe hari imishinga ifitiye...
0 Reactions
1 Replies
218 Views
Israel yikuye mu Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe uburenganzira bwa muntu (UNHRC) igashinja ivangura, kwibasira iki gihugu no kubogama. Ni icyemezo cyatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi...
0 Reactions
1 Replies
210 Views
Nyamasheke-Bushekeri: Mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kane , umugabo yishe umugore we wari utwite anica undi mugore w'umuturanyi we , nyuma yica inka ye y'imbyeyi yikingirana mu nzu. Inzego z'umutekano...
0 Reactions
1 Replies
170 Views
Kuri uyu wa gatanu, mu Rwanda hakiriwe abanyarwanda baturutse muri Congo, aho babaga nk'impunzi. Aba banyarwanda,abenshi muri bo ni abavukiye muri Congo. Bavuka ku bahunze 1994. Amakuru ahari cg...
0 Reactions
1 Replies
142 Views
Kubera imirwano iri muri Kivu y'amajyepfo, u Burundi bwatangaje ko guhera uno munsi umupaka ubuhuza na Congo wafunzwe mu rwego rwo kugira ngo umutekano urusheho kubungabungwa
0 Reactions
1 Replies
134 Views
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Bukavu baravuga ko abayobozi n’abanyamafaranga bahungishirije imiryango yabo mu Mujyi wa Bujumbura n’ahandi. Amashuri, amaduka ndetse n’amabanki byafunze. Abanya-Bukavu...
0 Reactions
2 Replies
195 Views
https://x.com/IGIHE/status/1888141960302805326
1 Reactions
1 Replies
146 Views
https://x.com/TheFactTV_/status/1888111031001526651 Abaturage bo mu mujyi wa Goma barifuza ko ubuyobozi bushya bwabafasha gukora umukwabo wo gushaka imbunda zose ziri mu mujyi wa Goma. Ni imbunda...
0 Reactions
1 Replies
181 Views
Kuri uyu wa gatanu, imirambo y'abasirikare ba Afrika y'epfo baguye muri Congo, nibwo yanyujijwe mu Rwanda kugira ngo icyurwe iwabo. Ni nyuma y'igihe hashakishwa uburyo bwo kubahavana ariko...
0 Reactions
3 Replies
197 Views
Mu gihe hari abafungwa iminsi 30 y’agateganyo iteganywa n’itegeko ariko bakayirenza bataraburana, kandi bagifunzwe , Minisitiri w’ubutabera avuga ko hari ubwo ibikenewe biba bitaranozwa, bityo...
0 Reactions
1 Replies
112 Views
Ntabwo DRC izaducecekesha mu gihe cyose ishaka gukuza ikibazo cy'umutekano wacu. Uretse na yo kandi, nta muntu uzaducecekesha. Twingingaa Congo n'abayobozi bayo,imyaka ibaye myinshi. Twabagize...
0 Reactions
1 Replies
185 Views
Abacancuro mo mu gihugu cya Romania bafashaga FARDC urugamba rwo kurwanya M23, nyuma yo gutsindwa no guhungira mu kigo cy’ingabo za MONUSCO, basabye u Rwanda inzira ibageza i Kanombe ku buryo...
0 Reactions
7 Replies
351 Views
Mu minsi ibiri gusa, impunzi ziva muri DRC kubera imirwano iri kubera i Goma, zimaze kurenga 1200. Hagati aho, nyuma y’urupfu rw’abagera kuri 5, n’inkimere 35 babarurwaga ejo hashize, amakuru...
0 Reactions
2 Replies
226 Views
Perezida Kagame Paul, Felix A. C. Tshisekedi na Cyril Ramaphosa bagiye guhurira mu nama i Dar Es Salaam kuwa gatandatu w'iki cyumweru (tariki 8 n'9 z'ukwa 2, 2025). Ni byatangajwe na William Ruto...
0 Reactions
1 Replies
235 Views
Back
Top Bottom