Hirya no hino mu Gihugu, kuri uyu wa Mbere, hatangijwe ku mugaragaro ibikorwa by’Ingabo na Polisi y’Igihugu mu iterambere n’imibereho myiza.Ni ibikorwa byateguwe ku nsanganyamatsiko igira iti...
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Bubiligi bwajujubije u Rwanda kuva mu myaka myinshi ishize, bwica Abanyarwanda ariko inzira yo kwiyubaka n’imbaraga zakoreshejwe mu guharanira iterambere...
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yagaragaje ko hakiri urujijo ku muyobozi w’abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR, Pacifique Ntawunguka wamenyekanye nka Gen Omega...
Abajenerali bahunze Goma na Bukavu bazaburanishwa guhera kuri uyu wa kane n’urukiko rukuru rwa gisirikare, Bararegwa kuba baratereranye cyangwa batumye imyanya itereranwa imbere ya M23 / AFC i...
Joseph Kabila wabaye Perezida wa Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko byabaye ngombwa ko ahagarika amasomo yari amaze iminsi akurikirana muri Afurika y’Epfo, kugira ngo ashobore...
Leta ya Congo yashyizeho igihembo cya miliyoni 5 z’amadolari ya America ku bantu bayifasha gufata abayobozi batatu b’ihuriro Alliance Fleuve Congo rifatanya na M23.
Congo ivuga ko abo bayobozi...
Perezidansi ya Repubulika ya Angola yatangaje ko nyuma y’uruzinduko ruto Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagiriye i Luanda, hemejwe ko Angola, nk’umuhuza mu...
Abaturage b’Akarere ka Rusizi barasaba Leta ko hagira igikorwa ibiciro ku isoko bikagabanyuka kuko ngo bikomeje gutuma imibereho igorana. Baravuga ibi mu gihe ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare...
Perezida Kagame yavuze ko hari Imiryango ivuga ko itabara imbabare ihora idashaka ko impunzi zataha ngo izifashirize mu ngo zazo, ahubwo igahora yifuza ko abaturage bahora bazaharira mu nkambi ngo...
Abayobozi b’ibigo bishinzwe ingufu n’amashanyarazi muri Afurika yo Hagati, bahuriye i Kigali mu nama igamije kungurana ibitekerezo ku bibazo by’ingufu no gushaka ibisubizo byo guteza imbere uru...
Minisiteri y’Ingabo y’u Budage yamenyesheje Ukraine ko nta ntwaro bugifite zo kuyiha nubwo ikomeje gusaba ubufasha kugira ngo ihangane n’u Burusiya.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa 5 Werurwe...
Nyuma y'inkuru twakoze kuwa Kabiri tariki ya 4 Werurwe, y'ubuvugizi bw'abaturage batuye mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza
Basabaga ko uruganda baturanye rwahimurwa, kuko rubangiriza...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.