Mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi
hari abasaba ko umuturage utakarabye, anambaye imyenda ifite umwanda, atagakwiye guhabwa ibinyobwa mu kabari, ni mu gihe ku rundi ruhande hari abavuga...
Abana babiri na se ubabyara baherutse guhira mu nzu ku Gisozi bagiye gishyingurwa mu irimbi rya Busanza. Uyu muhango wabanjirijwe n'igikorwa cyo kubasezeraho bwa nyuma cyabereye i Kanombe kuri...
Muhongerwa Chantal uri mu kigero cy'imyaka 45 warokotse Jenoside yaraye yishwe, umurambo we uboneka mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu hafi y'aho atuye mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa...
Mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, akagari ka Kanzenze abagizi ba nabi bishe urw'agashinyaguro umugore uri mu kigero cy'imyaka 50 bamukuramo amara banamusiga yambaye ubusa.
Umugabo witwa Mvunabandi Jean Marie Viannye utuye mu karere ka Kayonza
mu murenge wa Gahini arasaba kurenganurwa. Ni nyuma yuko umugore we Regina akubiswe n'umukozi wa RIB
akamumena amaso akaba...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ku mugaragaro uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, aho ruzajya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi, zikoreshwe imbere mu gihugu no mu...
https://x.com/Annemwiza/status/1907477966591836422
Bigaragara ko abantu gutura mu manegeka, uko bucya n'uko bwira, inyubako nshya zirazamurwa mu misozi. Kandi ibikorwa remezo bikarenga...
Mu kiganiro Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, ku bikorwa bya Guverinoma mu kongera umusaruro w’inganda no guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga, yijeje...
Hari abaturage batuye mu bice bitandukanye by’akarere ka Musanze bahisemo kurarana n'amatungo yabo mu nzu kubera gutinya abajura bamaze igihe bayiba bayasanze mu biraro yabagamo.
Ubuyobozi na bwo...
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...
Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR...
Ni ukubera iki umu Depite yitwa intumwa ya Rubanda??
Umu Depite yitwa Intumwa ya Rubanda kubera ko aba ahagarariye abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko. Iyo titre isobanura ko ari “intumwa”...
Umuturage ku isonga:
Twamaze imyaka 10 twishyura Internet ya baringa, leta ibivumbuye nta n’atanu badusubije.
Umuturage ku isonga:
Rubavu haje uruganda rwumisha ibitunguru aho kubyumisha...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.