Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali yashyikirije Nishimwe Liliane bimwe mu bicuruzwa bye byagarujwe nyuma y’uko abajura bamuteye mu minsi ibiri itandukanye bakamutwara ibifite agaciro ka miliyoni...
0 Reactions
0 Replies
202 Views
Kuva nabaho, sinari numva umuntu wafashijwe na BDF atifashije ubwe. Izo mvugo zivuga ko ifasha urubyiruko rwiteje imbere zibaye ari ukwikirigita ugaseka, bashatse bazihindure cyangwa bayihagarike...
0 Reactions
0 Replies
159 Views
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ku mugaragaro uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, aho ruzajya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi, zikoreshwe imbere mu gihugu no mu...
0 Reactions
0 Replies
163 Views
Mu karere ka Kamonyi umugeni ari gushakisha umugabo we wahukanye, nyuma y'iminsi ibiri gusa bakoze ubukwe bitewe nuko ngo uyu mugeni yangiye umugabo ko baryamana badakoresheje agakingirizo. Harya...
0 Reactions
0 Replies
134 Views
Depite Mukabunani Christine arasaba ko BDF yavaho kuko mu myaka 14 imaze ishinzwe itageze ku nshingano zayo. Yatanze inama ko amafaranga ayirimo yakagiye nibura anyuzwa mu mirenge SACCO...
0 Reactions
0 Replies
133 Views
https://x.com/Annemwiza/status/1907477966591836422 Bigaragara ko abantu gutura mu manegeka, uko bucya n'uko bwira, inyubako nshya zirazamurwa mu misozi. Kandi ibikorwa remezo bikarenga...
0 Reactions
0 Replies
210 Views
Kera ko abantu bubakishaga ibiti, bikajyana n'ubushobozi bafite, kuki hari inzu n'ibipangu bimwe na bimwe byubakishije block, bitamara kabiri, kandi izubakishijwe inkarakara zikaramba kuzirusha...
0 Reactions
0 Replies
152 Views
Mu kiganiro Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, ku bikorwa bya Guverinoma mu kongera umusaruro w’inganda no guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga, yijeje...
0 Reactions
0 Replies
140 Views
Hari abaturage batuye mu bice bitandukanye by’akarere ka Musanze bahisemo kurarana n'amatungo yabo mu nzu kubera gutinya abajura bamaze igihe bayiba bayasanze mu biraro yabagamo. Ubuyobozi na bwo...
0 Reactions
0 Replies
122 Views
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...
0 Reactions
0 Replies
272 Views
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umwarimu witwa Habyarimana Gaspard wigisha ku ishuri ry'ababyeyi rya ESPANYA ryo mu karere ka Nyanza mu majyepfo y’igihugu. Uyu mwarimu...
1 Reactions
3 Replies
235 Views
Serivisi zitunze benshi n’ubushomeri bwagabanyutse - Ishusho y’umurimo mu Rwanda mu 2024. Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko umubare w’abugarijwe n’ubushomeri wagabanyutse...
0 Reactions
0 Replies
237 Views
Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR...
0 Reactions
0 Replies
106 Views
Ni ukubera iki umu Depite yitwa intumwa ya Rubanda?? Umu Depite yitwa Intumwa ya Rubanda kubera ko aba ahagarariye abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko. Iyo titre isobanura ko ari “intumwa”...
0 Reactions
0 Replies
161 Views
Umuturage ku isonga: Twamaze imyaka 10 twishyura Internet ya baringa, leta ibivumbuye nta n’atanu badusubije. Umuturage ku isonga: Rubavu haje uruganda rwumisha ibitunguru aho kubyumisha...
0 Reactions
0 Replies
79 Views
Mu rwego rwo kuzamura Umusoro nta Kuntu aba baDEPITE basoreshwa nka 30% by'umushahara wabo ko umusoro wazamuka??? Ni nyuma y’uko umuudepite asabye ko ba 'MC' bo mu bukwe n'ibindi birori bajya...
0 Reactions
0 Replies
117 Views
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rurihanangiriza ibitangazamakuru, imbuga za YouTube n’izindi mbuga nkoranyambaga zamamaza ibikorwa by’abatekamutwe, kuko nabyo bizajya bihanwa...
0 Reactions
0 Replies
147 Views
Perezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Ubutasi n’Ibikorwa byihariye by’Igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika...
0 Reactions
0 Replies
232 Views
Christian Sellars ni Umuyobozi Mukuru wa Transforming Engagements (TES) Ltd, ikigo gikorera mu Rwanda. Gitanga ubujyanama ku bijyanye no kwimakaza ubuyobozi bwiza no guteza imbere umuco hagamijwe...
0 Reactions
0 Replies
233 Views
agakora n’amasaha y’ijoro. Basabye kandi ko amavuriro y’ibanze yakwemererwa gukorana n’ubwishingizi butandukanye burimo n’icyahoze ari RAMA, koroshya inzira zo gusuzuma inyemezabwishyu zigitwara...
0 Reactions
0 Replies
93 Views
Back
Top Bottom