N’ubwo bitavugwa, birashoboka cyane ko hirya no hino mu gihugu Abaturage nta butaka bafite bwo guhinga ibibatunga byibuze, mbere yo gutekereza ibibavana mu bukene! Ni mu gihe kandi buri mwaka...
U Rwanda rwamaze kunoza amasezerano y’ingenzi yo gukora ibikoresho bya gisirikare ku bufatanye na Turkiya, ibyo bikaba ari imwe mu ntambwe zikomeye za Kigali ziganisha ku kubaka uruganda...
Mu Rwanda mu mwaka wa 2024-2025, hirya no hino mu gihugu habaye impanuka 22,509 zahitanye ubuzima bw’abantu 1470 biganjemo abanyamaguru kuko bagize 34% by’abo zahitanye.
Abandi ni abatwara...
Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko Ingabo za AFC/M23 zamaze gusa n’izicamo kabiri imijyi ya Mwenga na Kamituga, nyuma yo kwigarurira agace kari hagati...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yakuriye inzira ku murima abifuza ko insengero zuzuje ibisabwa zafungurwa ashimangira ko ku bwe nta rusengero na rumwe yafungura ko ahubwo n’izitarafunzwe ku bwe...
Ati “Niba hari ushaka Goma nta kibazo, ku mpamvu izo ari zo zose zaba ari izijyanye n’imigenzo cyangwa se niba hari abemerera mu marozi, Goma iri mu biganza by’abantu runaka. Genda uvugane na bo.”...
Mu bigaragara, ibi bintu bimaze igihe, kandi abaturage bakavuga ko batabaje bakaruha.
Igihe cyose abayobozi bakiri abo mu biro, badakeneye no kwemera ko ari abakozi ba rubanda rugufi, turacyafite...
Perezida Umaro Sissoco Embaló wa Guinée-Bissau (ku ifoto uri kumwe na Ndayishimiye w'u Burundi), kuri uyu wa Gatatu yatawe muri yombi n'abasirikare b'igihugu cye, nk'uko we ubwe yabihamirije...
Habiyaremye Bernard mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yiswe Kimashini kubera imbaraga n’umuvuduko yakoresheje mu kwica Abatutsi bo mu gace yari atuyemo, mu Murenge wa Murundi, mu...
Ikigo cy'Igihugu cy'Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), gitangaza ko cyongereye serivisi 11 mu z'isanzwe zishyurirwa abaturage binyuze mu bwisungane mu kwivuza buzwi nka Mutuelle de Santé.
RSSB...
Akarere ka Rubavu , katangaje ko hari imiryango 420 ibana mu makimbirane, ibigaragazwa nk’igisitaza mu kubana basezeranye byemewe n’amategeko.
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe...
Abaturage barema isoko rifatanye na gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi,
bavuga ko babangamiwe no kwishyuzwa amafaranga yo kwinjira mu isoko cyangwa muri gare bakavuga ko...
Abaturage barema isoko rifatanye na gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi,
bavuga ko babangamiwe no kwishyuzwa amafaranga yo kwinjira mu isoko cyangwa muri gare bakavuga ko...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.