Ni mu mugambi wo kugarura amahoro muri Congo, aho Perezida Felix Tshisekedi yari yararahiye ko atazagirana ibiganiro na M23.
Finally, abo yita inyeshyamba bamwicaje ku gatebe gashyushye.
!
Mbarushimana Théoneste w’imyaka 30, wigisha mu wa 5 n’uwa 6 w’amashuri abanza muri GS Nyarubuye A, mu Murenge wa Twumba, Akarere ka Karongi, yatawe muri yombi nyuma yo kuregwa n’umunyeshyuri witwa...
Pasiteri Karahamuheto Celestin wo mu itorero Living Hope Church yafunzwe n’umuyobozi w’Akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline, aho yashyizwe mu kigo gifungirwamo inzererezi giherereye i Mushubati...
Burera:Mu murenge wa Kinoni umugabo wari umaze amezi atatu afunguwe azira guhohotera umugore arakekwaho kwica umugore we kuri uyu wa Kane amutemye ijosi .Abahaye amakuru Tv na Radio1 bavuga ko...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku Isi (UCI) ku buryo isiganwa mpuzamahanga rizenguruka igihugu ‘Tour du Rwanda’...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa mu Rwanda byiyongereyeho 7.1% mu kwezi k’Ukwakira ugereranyije n’Ukwakira kwa 2024.
Buri gihe cyose...
Simvuga byinshi kuko murabiindusha. Umugabo wagukoye, akagukura iwanyu, ba nyogosenge na ba nyokowanyu bakakugira inama, babakwibutsa ko kubaha umugabo ari inshingano atari ubusabe.
1. Urusengero...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.