Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yijunditse Canada kubera Umurundikazi wayiturutsemo akinjira mu mutwe witwaje intwaro wa RED Tabara. Ku wa 2 Kanama 2026, RED...
0 Reactions
0 Replies
21 Views
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 2 Kanama 2026 mu Murenge wa Runda, akarere ka Kamonyi ahazwi nko ku Ruyenzi, Polisi y’u Rwanda yafashe ibinyobwa byinshi bizwi nk’ibyuma byacuruzwaga n’abacuruzi...
0 Reactions
0 Replies
22 Views
Ese ubundi iyo umugore cg umukobwa avuga ngo umugabo cg umusore ntazi kurongora. Ubundi aba ashaka kuvuga ko yakagombye kubikora gute? Cg aba agereranya nande?
0 Reactions
0 Replies
18 Views
“Hatagira umuntu wongera kubinywa.” Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yasabye abantu kutongera kunywa ibinyobwa bitujuje ubuziranenge byavanwe ku isoko aho byaba biri hose, kugira ngo...
0 Reactions
2 Replies
29 Views
Mu Karere ka Ngoma huzuye uruganda ruzajya rutunganya inyanya rufite ubushobozi bwo gutunganya toni 10 ku munsi, zikazavamo umushongi w’inyanya ukorwamo ibintu byinshi birimo na ‘sauce tomate’...
0 Reactions
1 Replies
24 Views
Abatera inda ko batangana n'abaziterwa, uburangare tubushinje nde?
0 Reactions
0 Replies
21 Views
Ibi bivuze iki ku bijyanye n'ubwandu bwa Virusi itera SIDA! Mu bihugu bimwe na bimwe bigaragara ko ikomeje kwiyongera, n'ubwo na none ku rwego rw'isi hari igabanuka ku buryo bugaragara. Icyo...
0 Reactions
0 Replies
30 Views
Urukiko rw’i Yeruzalemu rwahagaritse by’agateganyo gahunda yo kwimurira ingona kuri Gereza ya Ketziot, bityo rutambamira umugambi wa Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Itamar Ben Gvir, wo...
0 Reactions
0 Replies
21 Views
Aya mashusho aragaragaza abaturage bayisunika. Mu majwi, biravugwa ko yarimo igenzura ibice bikorerwamo n'imitwe yitwaje intwaro. Abaturage baragira bati ibi ni ukutwihishamo, MONUSCO ni...
0 Reactions
0 Replies
25 Views
AMAHORO STADIUM KU MAREMBO HAYO NI NKO KURI AIRPORT Kuba humaganye gutya nka cya gihe ukuntu Ndego muri Kayonza hari hameze, numva bidakwiye. Ahantu hatandatu ha mbere kuri njye hakagombye...
0 Reactions
0 Replies
20 Views
Tuzi ko icyumweru kigira iminsi 7 Ukwezi kugizwe n'ibyumweru 4 Ubwo 7×4 =28 Hanyuma ukwezi kukagira iminsi 30 cg 31 Biba byagenze gute?
0 Reactions
0 Replies
24 Views
“Dufunze abantu bagera kuri 50 ndetse hari n’abihishe n’abahunze tugishakisha.” Umuyobozi Mukuru ushinzwe kurwanya Ibyaha by’Iterabwoba n’iby’Ikoranabuhanga mu Rwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Peter...
0 Reactions
3 Replies
29 Views
Abaturage batuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali baravuga ko bari mu byishimo bikomeye nyuma y ‘aho sosiyete icuruza gaz mu Rwanda yitwa ‘Jibu Gas One’ yatangiye kuyigurisha hagendewe ku...
0 Reactions
0 Replies
35 Views
Nyuma y'inama yahuje umukuru w'igihugu n'inzego z'umutekano, abandi bafite aho bahuriye n'ubuziranenge bw'ibiribwa n'ibinyobwa, inzoga zikurikira zakuwe ku isoko ry'u Rwanda.
0 Reactions
6 Replies
45 Views
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Uwera Jean Maurice yavuze ko impamvu hafashwe icyemezo cyo guhagarika itumizwa mu mahanga ry’ikinyabutabire cya ethanol ari ukugira ngo hakemurwe...
0 Reactions
0 Replies
27 Views
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yibukije Abanyarwanda cyane cyane urubyiruko kumva neza urugamba rwatangiye rwo guhangana no kunywa inzoga mu buryo bukabije no kunywa izitujuje...
0 Reactions
0 Replies
27 Views
Back
Top Bottom