Brigade y’Abasirikari bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) igizwe na ofisiye ndetse n' abasirikare ku zindi nzego kuri uyu munsi basoje neza amahugurwa y’amezi ane yo ku rwego rwo hejuru arushaho...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika byihuse ubufatanye n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya Leta y’u Rwanda.
Ubu butumwa...
U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere bikomeye byifashishije drone zigera kuri 600 na za misile muri Ukraine.
Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelenzky, yatangaje ko abantu bane mu Mujyi wa...
Abacuruzi n’abaturiye santere y’ubucuruzi ya Kora, iherereye mu Murenge wa Jenda,mu karere ka Nyabihu, bavuga ko babangamiwe n’umunuko ukabije uterwa n’ikimoteri gikusanyirizwamo imyanda iva muri...
Hari benshi bajya bibwira ko iryo jambo rishobora kubarinda imbere y'itegeko.
Benshi bibeshya ko gukoresha ijambo BIVUGWA,BIRAVUGWA,BYAVUZWE KO, ari ibisanzwe mu mategeko
Ubutabera si uko bukora...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye y’umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri (Animateur) mu kigo kimwe cyo mu Karere ka Ruhango cya Saint...
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryemeye kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rivuga ko iki cyemezo ari intambwe yo kubaka icyizere no...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR watwitse umudugudu wose muri teritwari ya Walikale, intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iri bara ryabereye mu...
Inkuru imaze iminsi ku rupapuro rubanza muri Afurika, no ku Isi yose ni ifatwa ry’umujyi wa Uvira uri muri Kivu y’Amajyepfo wigaruriwe n’abarwanyi ba AFC/M23.
Hari abareba ikibazo cy’ifatwa...
Ku ifoto, urahabona abavandimwe babiri:
1. Capitain Blaise Compaore, na
2. Capitain Thomas Sankara.
Uburyarya bukomeye bwabayeho mu mateka y'umugabane wa Afurika, ni igihe Capitain Thomas...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.