Abari bararanguye izi nzoga rero biragenda bite?

Abari bararanguye izi nzoga rero biragenda bite?

Twin_Kids

JF-Expert Member
Joined
Feb 25, 2016
Posts
4,297
Reaction score
5,975
Umva uko KNC na Mutabaruka babibona
 

Attachments

  • KNC na MUTABARUKA.mp4
    25.5 MB
Mu gihe hafashwe icyemezo cyo gukura ku isoko izi nzoga, byaba byiza Leta ikanasuzuma uko abaranguzi bazifite bafashwa kugira ngo batagwa mu gihombo kandi amakosa atari ayabo.

Niba umuntu yarashoye amafaranga menshi arangura ibicuruzwa byari byemewe ku isoko, hanyuma nyuma bikaza gufatirwa icyemezo cyo kubikuraho, ni ngombwa ko harebwa uburyo uburenganzira bwe bwarengerwa.

Urugero, tekereza umuntu washoye miliyoni 20 Frw arangura izi nzoga, hanyuma nyuma agasabwa kuzimena kubera amakosa yakozwe n’uruganda. Byaba bikwiye ko harebwa uburyo igihombo cye cyagabanywa, kuko amakosa yaba ataramuturutseho.
 
Kereka nibategeka abatanze impushya zo gukora izo nzoga gusubiza abo bacuruzi ayo bsshyoye cg Leta ikayabasubiza. Naho kubaha agahenge ngo bacuruze ibyagaragaye ko ari uburozi n'ubundi byaba ari ugukomeza kugaburira abantu uburozi. Haba harimo kwivuguruza. Ababiranguzaga bari babyemerewe n'amategeko ndetse n'ababiranguye ni uko.
 
Nkunda ko uvuga ukuri pee,icyemezo cyo gufunga inyuma nibyiza pee,ark abaranguye basubize product kuruganda,rubarrihe cg izi ministeri zibishinzwe zibibazwe
 
Nne ukeka ko amakosa ari ayande? Aho ntukeka ko ari nyir'iruganda kdi atari we ahubwo ibyo bigo byose bishinzwe gutanga impushya kuri ibyo bicuruzwa bitegekwe kwishyura buri wese either uruganda or abacuruzi
 
Back
Top Bottom