Mu Karere ka Rutsiro hatangijwe iperereza ku rupfu rwa Mukahigiro Marie Jeanne w’imyaka 51 n’umukobwa we witwaga Mutuyimana Annonciate w’imyaka 23 basanzwe munsi y’igitanda bapfuye.
Aya makuru...
Bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Ntoma, Umurenge wa Musheri mu Karere ka Nyagatare, bavuga ko amafaranga bakwa yo kubaka Akagari ari umutwaro kuri bo kuko bagorwa no kuyabona, bityo bagasaba...
Urugo rwa Robert Kyagulanyi Ssentamu biravugwa ko rwagoswe n’inzego z’umutekano za Uganda zirimo Polisi n’igisirikare.Amashanyarazi yakupwe mu gace atuyemo ka Magere, bituma abaturage bose baho...
Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe ububanyi n’amahanga (State Department) rwatangaje ko ruhagaritse by’agateganyo gutanga viza z’abimukira ku baturage b’ibihugu 75, hagamijwe...
Amakuru y’urupfu rw’uyu mugore witwa Liliane abaturage bakaba bari baramuhimbye ‘Jugumila’ yamenyekanye ku wa 24 Kanama 2025 n’ubwo bamwe muri aba baturage bo bemeza ko byabaye mu ijoro ryo ku wa...
Sosiyete ya RwandAir yatangaje ko ikirere kibi cyatumye indege zagombaga kuva ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali n’izivayo zikererwa.Ubutumwa RwandAir yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa...
Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, adakwiye gukomeza gusaba ko hasinywa andi masezerano y’amahoro...
U Rwanda rwongeye gutanga Louise Mushikiwabo ho umukandida ku mwanya w'Umunyamabanga Mukuru w'umuryango w'Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri. Minisitiri w’Ububanyi...
Umuvugizi w’Agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yemeje ko umutekano watangiye gukazwa mu Murwa Mukuru Kampala, ariko amara abaturage impungenge ko badakwiye kubigiraho...
Internet yacitse muri Iran yose mu gihe Ayatollah yavuze ko abigaragambya barimo 'kugerageza gushimisha Trump'
Kuri iyi myigaragambyo yo muri Iran, Trump aherutse gutangaza ko ubutegetsi bwa Iran...
Hagaragara abana bataye ishuri mu murenge wa Muhanga aho bakunda kwita mu Kiyoro,aba bana bivugwako ari imfubyi abandi bakaba abo mu miryango ikennye,bagasabirwa gufashwa bagasubira ku ishuri,...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Murenge wa Cyuve, Akagari ka Bukinanyana, bavuga ko batewe impungenge n’umutekano muke baterwa n’abashumba b’inka bavuga ko baba...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.