Ku ifoto, urahabona abavandimwe babiri:
1. Capitain Blaise Compaore, na
2. Capitain Thomas Sankara.
Uburyarya bukomeye bwabayeho mu mateka y'umugabane wa Afurika, ni igihe Capitain Thomas...
Minisitiri w'Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, agaragaza ko amafunguro atunganyirijwe mu nganda ari ikibazo ku buzima bw'umuntu, aho ashobora kumukururira uburwayi burimo kanseri, indwara y'umutima...
Gufunga umupaka wa Gatumba hagati ya Burundi na RDC birimo gutera ingaruka zikomeye ku buzima bwa buri munsi no ku bukungu bw’u Burundi.
1.5L ya lisansi yavuye hafi 10,000 FBu iba 35,000 FBu...
Hari ukuri ba nyir'ubwite bahora bahakana, ariko burya ngo agahinda k'inkoko, kamenywa n'inkike yatoyemo.
Banga kubyemera ariko ni ko kuri. Bibwiraga ko bari kujyana n'ibigezweho.
Gusiga umugabo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko umujyanama waryo mu bijyanye n’itumanaho, Magloire Paluku, yapfuye mu buryo bubabaje ku wa 10 Ukuboza...
Umujyi wa Kigali uri ku mwanya wa gatatu mu mijyi 10 ya Afurika ifite uburyo bwo gukodesha inzu bwigonderwa na mbarwa.
Umujyi wa Addis Ababa wo muri Ethiopia ni wo wa mbere uhenze guturamo ukaba...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro byo mu Rwanda bikomatanyije ku masoko yo mu mijyi no mu cyaro, byiyongereyeho 5,1%, ugereranyije n’uko byari bihagaze mu kwezi...
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NHRC) yatangaje ko impamvu amagororero yo mu Rwanda atemera ko abagororwa batera akabariro n’abo bashakanye nyamara hari ibihugu bibyemera biterwa...
Mu gihe gas méthane izacukurwa mu Kiyaga cya Kivu yitezweho kugabanya igiciro cya Gaz yo gutekesha, hagaragajwe imbogamizi z'uko abaturage batazashobora kuyikoresha mu ngo zabo kuko byasaba...
Abantu benshi bajya bakeka ko guhagurukira urukiko, byaba ari ubwoba. Oya, siko biri.
Ibi bifatwa nko kubaha urukiko, aho kuba umuntu wicaye ku ntebe y'urukiko.
Mu ngeri zose z'inzego...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko gushyira hamwe kw’akarere bigoye mu gihe u Burundi bukomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa RDC.
Kugera ubu amakuru ahari ni uko umupaka wa Kamanyora uhuza u Rwanda na Congo waba wamaze kugwa mu biganza bya M23. Amakuru yandi akaba avuga ko ingabo z'uBurundi zaba zanarashe ku butaka bw'u...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.