Bamwe mu Banyamulenge babarizwa mu mahanga bakomeje kwiyegerezwa n’ubutegetsi bwa Tshisekedi mu rwego rwo kumufasha guhishira ubwicanyi n’itotezwa bikorerwa Abanyamulenge bagituye mu Ntara ya Kivu...
Muri Paruwasi Gatolika ya Rulindo, mu Karere ka Rulindo, Intara y’Amajyaruguru, hari kubera Misa yo gusabira no gusezera bwa nyuma, Alain Mukuralinda wari Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u...
Minisiteri y'Uburezi mu Rwanda yamenyesheje École Belge de Kigali ko guhera mu kwezi kwa cyenda 2025 iryo shuri ritazaba ryemerewe gukomeza kwigisha rigendeye ku nteganyanyigisho yo mu Bubiligi.
Perezida Kagame: "Iyo ari umunsi wo Kwibuka tariki 7 Mata, mwakwihangana mukifatanya natwe mu kwibuka ariko mukagarukira aho? Hari iminsi 365 mu mwaka, muduhe uwo munsi wa tariki 07 Mata...
Mu murenge wa Nyakarenzo mu karere ka Rusizi
hari abasaba ko umuturage utakarabye, anambaye imyenda ifite umwanda, atagakwiye guhabwa ibinyobwa mu kabari, ni mu gihe ku rundi ruhande hari abavuga...
Abana babiri na se ubabyara baherutse guhira mu nzu ku Gisozi bagiye gishyingurwa mu irimbi rya Busanza. Uyu muhango wabanjirijwe n'igikorwa cyo kubasezeraho bwa nyuma cyabereye i Kanombe kuri...
Muhongerwa Chantal uri mu kigero cy'imyaka 45 warokotse Jenoside yaraye yishwe, umurambo we uboneka mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu hafi y'aho atuye mu Kagari ka Kanzenze mu Murenge wa...
Mu karere ka Bugesera, umurenge wa Ntarama, akagari ka Kanzenze abagizi ba nabi bishe urw'agashinyaguro umugore uri mu kigero cy'imyaka 50 bamukuramo amara banamusiga yambaye ubusa.
Umugabo witwa Mvunabandi Jean Marie Viannye utuye mu karere ka Kayonza
mu murenge wa Gahini arasaba kurenganurwa. Ni nyuma yuko umugore we Regina akubiswe n'umukozi wa RIB
akamumena amaso akaba...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ku mugaragaro uruganda rukora inshinge zo kwa muganga, aho ruzajya rukora izigera kuri miliyoni ku munsi, zikoreshwe imbere mu gihugu no mu...
https://x.com/Annemwiza/status/1907477966591836422
Bigaragara ko abantu gutura mu manegeka, uko bucya n'uko bwira, inyubako nshya zirazamurwa mu misozi. Kandi ibikorwa remezo bikarenga...
Mu kiganiro Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, ku bikorwa bya Guverinoma mu kongera umusaruro w’inganda no guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga, yijeje...
Hari abaturage batuye mu bice bitandukanye by’akarere ka Musanze bahisemo kurarana n'amatungo yabo mu nzu kubera gutinya abajura bamaze igihe bayiba bayasanze mu biraro yabagamo.
Ubuyobozi na bwo...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.