Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje impinduka mu misoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/25, igabanya amahoro ku bicuruzwa bitumizwa mu mahanga birimo umuceri, isukari n’ibindi bicuruzwa byinjira mu...
2 Reactions
4 Replies
383 Views
Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko ubutaka bwagenewe ubuhinzi n’ubworozi cyangwa amashyamba butari munsi ya hegitari eshanu butabyazwa umusaruro, bushobora kuzajya bufatirwa by’agateganyo...
1 Reactions
1 Replies
418 Views
Aya ni amashusho yafashwe ubwo uyu muhanzikazi yasesekaraga mu mujyi wa Sao Paulo muri Brazil, aho yitabiriye ibirori bya C6 Fest biri kubera muri uwo mujyi. Uyu mukobwa umaze kumenyerwaho...
0 Reactions
1 Replies
542 Views
Amakuru, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ya Rwanda, NEC, yatangaje gahunda n’amakuru y’ingenzi yerekeye amatora ya Perezida na Abadepite yo mu mwaka wa 2024. Ibyavuye mu matora...
3 Reactions
31 Replies
2K Views
Amatora ya 2024 mu Rwanda: Abatavuga rumwe n'ubutegetsi b'ingenzi batemerewe kwiyamamaza Diane Rwigara Imyaka: 43 Ishyaka: People Salvation Movement Umwuga: Umucungamari Profile: Yangiwe...
0 Reactions
1 Replies
387 Views
Komisiyo y’lgihugu y’Amatora yibukije Abanyarwanda ko bibujijwe kwiyamamaza cyangwa kwamamaza ku munsi w’amatora. Birabujjiwe kandi kwambara ibirango by’imitwe ya politiki cyangwa by’abakandida...
0 Reactions
0 Replies
330 Views
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora,NEC yavuze ko iby’ibanze bizaba byavuye mu matora ya Perezida wa Repubulika izabitangaza mu ijoro ryo ku wa 15 Nyakanga 2024, mu gihe ibyavuye mu matora y’Abadepite...
1 Reactions
0 Replies
375 Views
Mbere gato y’uko u Rwanda rwakira Inama y’Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM), Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije...
0 Reactions
0 Replies
502 Views
Nyuma y'impaka ndende zaturutse mu mpande zose z'isi,minisitiri w'intebe mushya w'ubwongereza yashyize iherezo ku bimaze igihe byitezwe. Leta y'U Rwanda yimuye abana b'imfubyi(bamwe muri...
0 Reactions
0 Replies
328 Views
Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje urutonde rw’agateganyo rw’abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ndetse no ku myanya y’abadepite. Ku mwanya w’umukuru w’igihugu abagaragajwe ko...
1 Reactions
16 Replies
1K Views
Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Maj Gen (Rtd) Albert Murasira, yasobanuye ko impunzi zirindwi Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi (UNHCR) rishinja u Rwanda kwanga kwakira...
0 Reactions
1 Replies
393 Views
Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ibi: Mu kwezi kwa 3, byavuzwe ko hari toni zigera ku 1500 z'umuceri zari zakuwe mu gihugu cya Tanzania,kugira ngo ucuruzwe mu Rwanda. Nyuma y'uko uwo muceri ugera mu...
10 Reactions
58 Replies
5K Views
June 11, 2024 Intambara hagati y’ingabo za Leta ya Kongo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 irakomeje mu nkengero za Kanyabayonga, aho izi nyeshyamba zafunguye inzira zinjira muri uyu Mujyi, ni mu gihe...
0 Reactions
2 Replies
855 Views
Kugeza ubu ni we mugore wenyine wifuza kuba umukandida perezida mu matora yo mu kwezi kwa Nyakanga (7). Mu myaka irindwi ishize kandidatire ye yaranzwe kuko itari yujuje ibisabwa nk’uko komisiyo...
0 Reactions
3 Replies
430 Views
Nk'imwe mu ntego z'uru rubuga, reka tugerageze rube ijwi rya benshi. Duharanire ko ibibangamiye benshi nyamara bitagera aho bigomba kujya, bishyirwa ahagaragara,inzego bireba zigafasha mu...
0 Reactions
2 Replies
314 Views
AMASHUSHO: Mu ruzinduko rwe rw’iminsi ine ari kugirira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Perezida wa Kenya, William Ruto, yagaragaye ananirwa kumvikana n’uwavugaga Icyongereza mu buryo...
0 Reactions
0 Replies
381 Views
Nyuma y’aho Urukiko Rukuru ruteye utwatsi ubusabe bwe bwo guhabwa ihanagurabusembwa, Victoire Ingabire Umuhoza ufite ishyaka DALFA Umurinzi rikorera mu Rwanda mu buryo butemewe n’amategeko yatanze...
0 Reactions
1 Replies
511 Views
Leta ya Kenya yatanze impuruza ku bikorwa bya Tanzania byo guha ibyangombwa abashaka guhiga inzovu hagamijwe ko bahabwa ibihembo, isaba ko bitakorerwa hafi y’imipaka ihuza ibi bihugu nibura ku...
1 Reactions
2 Replies
623 Views
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zaburiye Israel ko nigerageza kugaba ibitero kuri Iran, mu buryo bwo gusubiza ubutegetsi bwa Tehran ku bitero bwagabye kuri Israel, izabaga ikifasha kuko Washington...
1 Reactions
1 Replies
486 Views
Back
Top Bottom