Komisiyo y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane n'Umutekano mu Nteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yagaragaje ko abantu bafatiwe mu bikorwa by’ubujura barenga ibihumbi 119 mu myaka itanu gusa.
Ababufatiwemo abenshi ni abafite imyaka iri hagati ya 18 na 35 y’amavuko. Ubujura bafatiwemo bwiganjemo ubujura bw’amatungo, ubw’imyaka, gutobora inzu, ubukoreshejwe ikoranabuhanga, ubwa telefoni, ubwo gushikuza icyo umuntu afite, ubw’insinga z’amashanyarazi n’ibindi.
Ababufatiwemo abenshi ni abafite imyaka iri hagati ya 18 na 35 y’amavuko. Ubujura bafatiwemo bwiganjemo ubujura bw’amatungo, ubw’imyaka, gutobora inzu, ubukoreshejwe ikoranabuhanga, ubwa telefoni, ubwo gushikuza icyo umuntu afite, ubw’insinga z’amashanyarazi n’ibindi.