Umutwe wa AFC/M23 wemeje ko ari wo wagabye igitero cya 'drones' ku kibuga cy'indege cyo mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo mu buryo bwo "kuburira" Kinshasa, nk'uko umukuru w'uyu mutwe...
https://x.com/Mamaurwagasabo1/status/2018724522254303550?s=20
Mu nkuru dusanga aha, igira iti:
Mu karere ka Gisagara, mu murenge wa Mamba akagari ka Gakoma, hari abaturage bavuga ko bambuwe...
Icyo bivuze cya mbere ni uko ingaruka zo kutumvikana zinatera abantu gutandukana, abahura na zo ni abana bavutse kuri abo bashyamirana. Kandi uburere babuze bakiri bato, baburiye ku bababyaye...
Coaching zibera mu mashuri cyangwa mungo ziri mu biri kuzahaza uburezi,...
Ibi Mineduc ntabyo muzi ko hari bamwe mu barimu banga kugira ibyo batanga mu ishuri ryose bakabigenera abo baha...
Iyi nkuru ya BTN, yiyongera kuri nyinshi tumaze iminsi tubona, bivuze ko abayobozi ari bo bagenda bananirana, bifatira imyanzuro uko bashaka, cyangwa nitwe twahabwaga raporo zihabanye n'ibibera mu...
“Ndagira ngo nibutse Inteko ya EU ko ishobora kugira ububasha kuri Greenland, Aruba cyangwa New Caledonia ariko ntabwo ifite (ntizanabugira) kuri Repubulika y’u Rwanda, igihugu kimaze imyaka...
Umuntu wakuriye mu bice by’icyaro aho ariho hose mu Rwanda, inyoni ya matene arayizi cyane cyangwa se yayumvise bayivuga kuko ivugwaho udushya twinshi turimo ngo kuba isoko y’igikundiro ku bagabo...
Abatuye mu Murenge wa Mwogo wo mu karere ka Bugesera, baravuga ko hari abana bo muri uwo Murenge bata ishuri bakajya kurinda umuceri mu gishanga. Ubuyobozi bw'uyu Murenge bwemeza ko hatangiye...
Kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi n’ubuzima rusange, UGHE [University of Global Health Equity], igiye kwizihiza imyaka 10 ishize itanga amasomo mu buryo bugezweho.
UGHE yatangijwe mu Rwanda, na Dr...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, ishingiye ku nyungu zihuriweho zo kurinda Abatutsi bamaze igihe bibasirwa n’umutwe wa FDLR n’indi...