Bimwe mu bivugwa ko byica uburezi mu Rwanda.

Bimwe mu bivugwa ko byica uburezi mu Rwanda.

VERITE-NUE

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
1,489
Reaction score
1,466
Coaching zibera mu mashuri cyangwa mungo ziri mu biri kuzahaza uburezi,...


Ibi Mineduc ntabyo muzi ko hari bamwe mu barimu banga kugira ibyo batanga mu ishuri ryose bakabigenera abo baha coaching kugirango ababyeyi baboneko zifite umumaro,...


Hari izindi coaching zisigaye zaradutse muri za Boarding schools (aho abanyeshuri biga babayo) ,aho ababyeyi iyo bagiye nko gusura abana babo cyangwa bagiye mu nama rusange z'ababyeyi bahabwa umwanya wo kuganira n'abarimu.


Hano rero hari ababyeyi badamaraye (babatesi),bareba abarimu bakavugana nabo bakabasaba ko bazajya babafashiriza abana cyane cyane mu masomo batsindwa ku Ndangamanota bagasaba abarimu bayo masomo ko nibabafasha hari amafaranga bazajya babaha buri kwezi.


Aho ushobora gusanga uwigisha Physics, Maths, Chemistry babibasabye.

Aba barimu rero kuko baba babiziranyeho ,bagera muri teaching staff bakaganira buri wese kuko aba afite icyo kiraka cy'abana azaha coaching, baravugana bategura amabazwa cyangwa ibizamini bakabihanahana bakabyigisha ba banyeshuri, nibwo mubabona batahanye ibinota byinshi,ababyeyi bakishimira ko abana babo bazamuye imitsindire muri ya masomo guhera aho baboneye coaching,...


Ibi byose birasaba Investigation yimbitse,kugirango amacenga yose avumburwe ...
 

Similar Discussions

Back
Top Bottom