UGHE yujeje imyaka 10 ikorera mu Rwanda

UGHE yujeje imyaka 10 ikorera mu Rwanda

VERITE-NUE

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
1,489
Reaction score
1,466
Kaminuza mpuzamahanga y’ubuvuzi n’ubuzima rusange, UGHE [University of Global Health Equity], igiye kwizihiza imyaka 10 ishize itanga amasomo mu buryo bugezweho.

UGHE yatangijwe mu Rwanda, na Dr Paul Farmer [witabye Imana mu 2022] abinyujije mu muryango Partners In Health (PIH) wamenyekanye mu Rwanda nk’Inshuti mu Buzima.

Kuri ubu iyi Kaminuza ikorera i Butaro mu karere ka Burera, itanga amasomo muri porogaramu zigeze kuri esheshatu zo ku rwego rwa kaminuza ya Harvard yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
 
Back
Top Bottom