Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Urukiko rwa Gisirikare rwa Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwahanishije igihano cy’urupfu abasirikare barenga 200 kubera guhunga urugamba bahanganyemo n’umutwe...
0 Reactions
0 Replies
195 Views
Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe Umujyi wa Kavumu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Mbere y’uko M23 yinjira muri Kavumu...
0 Reactions
0 Replies
222 Views
Abaturage bahaye ingabo za FARDC amasaha 48 kugira ngo zibe zavuye mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Bukavu muri Kivu y'Amajyepfo. Bari kwigaragambya bamagana izo ngabo n'abarwanyi ba Wazalendo...
0 Reactions
9 Replies
381 Views
U Burundi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ntibyitabiriye Inama yahuje impuguke mu bya gisirikare zo mu Muryango wa Afurika y'lburasirazuba ziteraniye mu Rwanda mu nama y'iminsi...
0 Reactions
0 Replies
133 Views
Nyuma ya Tshisekedi, abakuru ba Kiliziya Gatolika n'Abaporotestanti babonanye na M23 Mu cyumweru gishize aba banyamadini bakiriwe na Perezida Thisekedi bamuha 'umushinga wo gusohoka mu ngorane'...
0 Reactions
0 Replies
122 Views
Jeune Afrique: “U Bubiligi, u Bwongereza n'u Budage byavuze ku guhagarikira u Rwanda imfashanyo, ndetse bikomoza no ku gushyiraho ibihano. Murabasubiza iki?” Perezida Kagame: “Ibihugu bimwe...
0 Reactions
0 Replies
182 Views
Umutwe witwaje intwaro wa M23 ukomeje kwagura ibirindiro byawo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’aho ufashe umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama...
0 Reactions
0 Replies
207 Views
Umuyobozi wa Transparency International Rwanda (TIR), Ingabire Marie Immaculée, yatangaje ko ihagarikwa rya Dr. Mujawamariya Jeanne d’Arc ntaho rihuriye na ruswa nyinshi igaragara mu mishinga yo...
0 Reactions
0 Replies
198 Views
Abasirikare ba FARDC batsinzwe urugamba bari bahanganyemo na M23, bahungiye mu maboko ya MONUSCO. Ibyumweru bishize ari 2. Nyuma yo kuba babayeho mu buzima bushaririye, nk'infungwa, bahisemo...
0 Reactions
0 Replies
144 Views
Julius Malema uri mu bagize Inteko Ishinga Amategeko muri Afurika y’Epfo, yemeye ko guverinoma y’iki gihugu yababeshye ubwo hafatwaga icyemezo cyo kohereza Ingabo muri Repubulika Iharanira...
0 Reactions
1 Replies
258 Views
Ndayishimiye ahagarariye Interahamwe - Lt Col Willy Ngoma wa M23 ======== Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye yiyemeje...
0 Reactions
1 Replies
167 Views
Majoro Evariste Ndayizeye, byemezwa na bamwe mu basirikare bakoranye, ko yari indwanyi kabuhariwe, yamaze kwivuganwa na M23, mu rugamba ihanganyemo na leta ya Congo. Majoro ndayizeye yari umwe mu...
0 Reactions
1 Replies
156 Views
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 11 Gashyantare, 2025, mu burengerazuba bw'u Rwanda, humvikanye amasasu hagati y'igisirikare cy'u Rwanda n'igisirikare cya Congo. Amakur ahari avuga ko igisasu kiremereye...
0 Reactions
1 Replies
187 Views
Umuvugizi wa M23 Lawrence Kanyuka, yatangaje ko MONUSCO ikomeje kubangamira ituze rya rubanda muri Goma. Ni nyuma y'uko ngo abarwanyi bari barahungiye mu kigo cyayo bagera ku 100, baba bararekuwe...
0 Reactions
11 Replies
596 Views
Abadepite ba Afurika y’Epfo basabye Guverinoma yabo kuvana Ingabo z’icyo gihugu, SANDF, mu Burasirazuba bwa Congo kuko icyazijyanyeyo kitazwi niba kiri mu nyungu z’Igihugu cyangwa iza Perezida...
0 Reactions
1 Replies
201 Views
Abadepite ba Afurika y’Epfo ntibanyuzwe n’ibisobanuro by’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’icyo gihugu, General Rudzani Maphwanya, wababwiye ko imirambo y’abasirikare b’icyo gihugu baguye mu mirwano mu...
0 Reactions
1 Replies
271 Views
Umuhuzabikorwa w’Umuryango w’Abibumbye ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bruno Lemarquis, yasabye umutwe wa M23 gufungura ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya...
0 Reactions
2 Replies
342 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
205 Views
Mu rugamba M23 ihanganyemo n'ingabo za leta, nyuma yo gufata umujyi wa Goma, ubu urugamba rukomereje muri Kivu y'epfo. Uyu munsi wa none, mu masaa tatu y'igitondo, nibwo umujyi wa Nyabibwe...
0 Reactions
1 Replies
227 Views
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika, DOnald Trump, yasinye itegeko rikura leta zunze ubumwe za Amerika mu muryango w'abibumbye ufasha impunzi, ndetse anategeka ko icyo gihungu gikurwa muri...
0 Reactions
1 Replies
198 Views
Back
Top Bottom