Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko bakeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda.
Yatangaje ko ikibazo cya...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rukomo mu Karere ka NYAGATARE,
bagaragaza impungenge ku kigero fatizo cy’ibihumbi 18 RWF basabwa kwizigama mu kigega cy’ubwiteganyirize cya EjoHeza, ayo bavuga...
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari...
Abagore bo mu Murenge wa Rambura batangaje ko ikibazo cy’ubuharike kibugarije kuko bituma abagabo basahura imitungo y’urugo bakayijyana ku bagore bato.
Umwe mu baganiriye na TV1 yavuze ko umugabo...
Leta y’u Rwanda iravuga ko iri muri gahunda yo kugabanya imidugudu yo guturamo iri hirya no hino mu Gihugu, ikava ku bihumbi biri hagati ya 14 na 15 ikagera ku bihumbi 3 gusa, mu rwego rwo...
Ku masoko, abahaha bazi uko ibintu bisigaye bimeze.
Assurance ya moto, yavuye ku bihumbi 42k, ishyirwa kuri 260 arengaho.
Andi makuru ahari, aravuga ko na mitiweri yaba yamaze gukurwa ku bihumbi...
Aya ni amwe mu mashusho yo mu murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana.
Mu mushinga wo gutunganya site z'imiturire, iyi mashini yagiye mu myaka y'abaturage irarandaguza, ubwo byumvikane ko ari...
Amakuru aturuka mu baturage batuye aho byabereye avuga ko ku wa 13 Gashyantare 2026, Uwase Sandrine yavuye mu karere ka Nyagatare, ajya gusura umugabo bigeze kubana nk’umugore n’umugabo.
Yari aje...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.