Komisiyo Ishinzwe Gukurikirana Imikoreshereze y’Imari n’Umutungo bya Leta (PAC) igiye gutangira igikorwa cyo kubariza mu ruhame, kuva ku wa 25 Kamena kugeza ku wa 10 Nyakanga 2026, aho inzego 76...
Umunyeshuri w'imyaka 18 y'amavuko witwa Niyikiza Jean Aimé, wiga muri GS Cyanika, mu mwaka wa 3 w'Amashuri Yisumbuye (S3) mu Karere ka Gakenke, yajombye ikaramu umwarimu witwa Gakoza Emmanuel...
Hari abaturage 5 bo mu murenge wa Karengera,akagari ka Mwezi bajyanywe muri transit center ya Gataka bazira ko ngo bahinze imigozi y'ibijumba.Ikaba yarahinzwe ngo aho bavugako ari ubutaka bwahujwe...
Perezida w'u Rwanda, Paul Kagame, aravugwaho ko atagaragaza ibimenyetso bifatika byerekana ko yaba yiteguye kuva ku butegetsi, nubwo hashize igihe kinini habaho impaka ku hazaza he muri politiki...
Ku wa Gatandatu tariki 20 Kamena 2026, abantu hafi 150 bagaragaye mu Bubiligi mu Mujyi wa Bruxelles banyonga amagare bambaye ubusa.
Aba bantu bahagurukiye ku Cyicaro gikuru cy’Umuryango w’Ubumwe...
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaganiriye ku gucyura impunzi ziri muri ibyo bihugu zifuza gutaha.
Ni ibiganiro byabereye i Addis Ababa muri Ethiopie aho itsinda...
Nyuma y’aho Perezida Félix Tshisekedi atangaje ko ingabo za Leta ya RDC zizisubiza Umujyi wa Goma na Bukavu mu gihe cya vuba, Umuyobozi Mukuru wa AFC/M23, Corneille Nangaa, yatangaje ko uko ari...
Aya ni amwe mu mafoto agaragaza uburyo abaturage bo muri Gicumbi bangirijwe imyaka, aho bivugwa ko ari imirimo yo gutegura ahazanyuzwa umuriro w'amashanyarazi.
Ba nyir'imyaka yangijwe, bavuga ko...
Minisitiri Murangwa yavuze ko amafaranga azakoreshwa mu ngengo y’imari isanzwe n’imishahara muri uyu mwaka w’ingengo y’imari wa 2026/27 ari miliyari 4788,5Frw bingana na 61% by’ingengo y’imari...
Urukiko rw'ikirenga rw'u Rwanda rwashyize ahagarara amabwiriza mashya agenga abitabira amaburanisha mu nkiko zitandukanye zo mu Rwanda mu rwego rwo guca akajagari kari gasigaye kagaragara ku nkiko...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.