Aya ni amwe mu mashusho yo mu murenge wa Munyiginya mu karere ka Rwamagana.
Mu mushinga wo gutunganya site z'imiturire, iyi mashini yagiye mu myaka y'abaturage irarandaguza, ubwo byumvikane ko ari...
Amakuru aturuka mu baturage batuye aho byabereye avuga ko ku wa 13 Gashyantare 2026, Uwase Sandrine yavuye mu karere ka Nyagatare, ajya gusura umugabo bigeze kubana nk’umugore n’umugabo.
Yari aje...
Amakuru y'ibura ry'uyu mwana yamenyekanye mu binyamakuru kuwa 7/12/2025 muri Nyagatare
mu murenge wa Musheri aho umubyeyi we yavuze ko hari umuturanyi umwaka amafaranga ngo amwereke aho umwana we...
Indege ya mbere yageze ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Goma muri Kivu y’amajyaruguru nyuma y’igihe kirenga umwaka abarwanyi ba AFC/M23 barigaruriye uyu mujyi.
Iyi ndege yageze i Goma kuri...
Urwego rushinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ruvuga ko rwareze ikigo MTN Group ku gukorera muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko agenga imikorere...
Ariko se byagenze gute? Ese we ari he ko uwambere yafunzwe?
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abajura babiri bari bashikuje telefone abantu bakajya kwihisha muri ‘rigole’ bose bamaze kuvamo.
Mu...
Umunyamabanga Uhoraho wa AFC/M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko kuba Perezida wa Komisiyo ya AU yise "igikorwa cyarokoye ubuzima bw’abantu igikorwa cy’iterabwoba ni intambwe iteje akaga ku muryango...
Eric Prince ubundi amazina ye ni Dean Prince ni umucuruzi w’umunyamerika, washinze kompanyi yigenga inshinzwe umutekano (private military company) yitwa Blackwater yayishinze mu mwaka 1997 imwe...
Mu karere ka Bugesera, haravugwa inzoga batarabasha kumenya ubwoko bwayo kuko hari bamwe bakeka ko yaba ari kanyanga abandi bakavugako batamenya ubwoko bwayo.
Kuri ubu amakuru aravugako imaze...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.