Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yemeje itegeko rihana ryihanukiriye abaryamana bahuje ibitsina, aho uzajya afatirwa muri ibi bikorwa azajya ahabwa igifungo cy’imyaka 10. Ni umushinga...
0 Reactions
0 Replies
76 Views
Amashashi yaciwe mu Rwanda kuva muri 2004 ndetse hajyaho itegeko ribuza gukora, gucuruza no gukoresha amashashi mu gihugu! Muri 2019 iri tegeko ryaravuguruwe hajyaho itegeko riyishyira mu...
0 Reactions
0 Replies
99 Views
Minisitiri muri Perezidansi akaba n'imboni y'Akarere ka Gakenke, Uwizeye Judith, yavuze ko hafashwe ingamba zo gushakira amacumbi abaturage batayafite, kuko badashobora gutekereza iterambere...
0 Reactions
0 Replies
34 Views
Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Urujeni Martine yavuze ko abakora uburaya mu mujyi wa Kigali bamaze kurenga 9000 kandi ko ari ikintu gisaba kubanza...
0 Reactions
0 Replies
69 Views
Minisitiri w’Ubuzima, Dr Nsanzimana Sabin, yatangaje ko abakoresha ubwisungane mu kwivuza buzwi nka Mituweli, batemererwa kwivuriza mu mavuriro yigenga kuko ikiguzi cya serivisi muri ayo mavuriro...
0 Reactions
0 Replies
70 Views
Urukiko rw’Ikirenga rwashimangiye ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha itanyuranyije n’ibiteganywa na zimwe mu ngingo z’Itegeko Nshinga, rutegeka ko ikirego...
0 Reactions
0 Replies
51 Views
Minisitiri w'Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yavuze ko kwiyongera kw'amafaranga ya mituweli bitagamije gushyiriraho umutwaro uremereye ku baturage, agaragaza ko n'abafite ibibazo bose bazegerwa...
0 Reactions
0 Replies
60 Views
Imihigo ni imwe mu ngamba zashyizweho mu 2006 hagamijwe kwihutishwa ishyirwa mu bikorwa ry’icyerekezo cy’iterambere ry’igihugu. Ireba abayobozi bo mu nzego zose kuva ku rw’igihugu kugeza hasi...
0 Reactions
0 Replies
69 Views
Harya buriya ubyutseyo amaze gukora ibishitani agataha, we si umugore wahukanye burya?
0 Reactions
0 Replies
59 Views
Rais Paul Kagame alitoa ujumbe mkali na usio na mzaha kwa viongozi wa serikali siku ya Jumatatu, akiwataka waache maneno matupu na wachukue hatua madhubuti kukabiliana na changamoto zinazowakabili...
0 Reactions
0 Replies
128 Views
Uruganda rukora imodoka rwa Volkswagen, Ishami ryo mu Rwanda (Volkswagen Mobility Solutions Rwanda) rwabeshyuje abarwifashishije basebya u Rwanda, bavuga ko rwahagaritse ibikorwa, rugaragaza ko...
0 Reactions
1 Replies
80 Views
Umujyi wa Kigali watangajeko bitemewe ku bacuruzi gushyira ibicuruzwa hanze ndetse n'abashyirako Maninquin(Maneke) nta mucuruzi wemerewe kurenza ebyiri hanze,ibi abacuruzi bakaba bavugako...
0 Reactions
1 Replies
45 Views
Umujyi wa Kigali watangajeko bitemewe ku bacuruzi gushyira ibicuruzwa hanze ndetse n'abashyirako Maninquin(Maneke) nta mucuruzi wemerewe kurenza ebyiri hanze,ibi abacuruzi bakaba bavugako...
0 Reactions
0 Replies
46 Views
Ibiciro uko bimeze Ibiribwa by’ibanze Ibirayi (1 kg): 600 Frw Ibishyimbo (1 kg) 1,200 Frw Umuceri (1 kg): 1,500 Frw Kawunga ( 1 kg): 1,000 Frw Imboga n’imbuto Inyanya (1 kg): 800 –...
0 Reactions
0 Replies
74 Views
Perezida Kagame Paul, yasabye Minisitiri w’ubutabera mu Rwanda, gukurikirana ikibazo cy’umuturage wo mu karere ka Karongi waguye mu rugo, abaganga bamwimye ubufasha, aho yagiye kubyara ibitaro...
0 Reactions
0 Replies
49 Views
Wari uzi ko urukiko rushobora kugutegeka kugira amafaranga runaka uha umuntu mwatandukanye ((X-wawe)(umugore n'umugabo)). Hari abantu bajya bibeshya ko iyo urukiko rutanze gatanya biba birangiye...
0 Reactions
0 Replies
102 Views
Inteko nyobozi y’itorero ry’abahamya ba Yehova yatangaje ko abayoboke baryo bafite uburenganzira bwo kwifatira icyemezo cyo kuvomwamo amaraso no kuyasubizwamo mu rwego rw’ubuvuzi. Ubu butumwa...
0 Reactions
0 Replies
57 Views
0 Reactions
0 Replies
46 Views
👉Uba umukene,umugore bakamujyana 👉Ukaba umukire ati wabuze umwanya nabwo bakamujyana 👉Uba ukuze ati nshaka abo tungana akaba aragiye 👉Waba muto ati nsanze abakurusha ibitekerezo nabwo akagenda...
0 Reactions
1 Replies
67 Views
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’u Rwanda (RDF), bwatangaje ko Kaminuza y’igihugu ya gisirikare yatangiye kubakwa mu murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, ikaba yitezweho kurushaho kongerera imbaraga...
0 Reactions
0 Replies
75 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…