Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Abasirikare 146, barimo ba Ofisiye n’abandi basirikare, basoje amahugurwa y’urwego rushinzwe imyitwarire no kurinda abayobozi (Military Police), yamaze ibyumweru birindwi. Iyi myitozo yabereye mu...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Dosiye iregwamo abantu 80, barimo umuyobozi akaba na nyir' uruganda rwa Ingufu Gin, Ntihanabayo Samuel, baherutse gutabwa muri yombi bakekwaho gukora inzoga zitujuje ubuziranenge zizwi nk’ibyuma...
0 Reactions
0 Replies
12 Views
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bugaragaza ko uburyo bwo kuboneza urubyaro butakiri umwihariko w’abashakanye gusa, kuko abagore batashyingiwe ariko na bo benshi bamaze kubukoresha kugira ngo...
0 Reactions
0 Replies
14 Views
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umuyobozi wa FERWAFA, Shema Fabrice, aho akurikiranyweho icyaha cyo gutanga sheke itazigamiye. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B...
0 Reactions
4 Replies
18 Views
“Ibipimo dufite byo mu myaka ibiri ishize biratugaragariza ko nibura ingo 83% zihagije mu biribwa ariko bitavuze ko urugendo rutakiri rurerure.” Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye...
0 Reactions
3 Replies
14 Views
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko utubari ndetse n’ahandi hacururizwa inzoga hazajya hafungura ibikorwa Saa cyenda z’igicamunsi mu rwego rwo gukumira ubusinzi, kunywa inzoga mu gitondo ndetse no...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Kuri uyu wa Kabiri, Minisitiri w'ibikorwaremezo yatangiye uruzinduko rw’akazi rugamije gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga y’ibikorwa remezo hirya no hino mu Gihugu. Yatangiriye mu...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Ubuyobozi bw’Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n'Ubworozi (RAB), bwemeza ko ingamba z’igihugu zo kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa hagati ya 2026–2030 zizagerwaho binyuze mu gukingira 70%...
0 Reactions
2 Replies
25 Views
Ziteje ibyago ku buzima bwacu
0 Reactions
2 Replies
13 Views
• Mirangi — 24/5/1996 • Ngungu — 21/9/1996 • Mokoto / Monastère — 12/5/1996 • Nyuma y'uko abarokotse ubwo bwicanyi bahungiye mu Rwanda, umugambi wari uwo kurimbura abatutsi ntiwarekereye aho...
0 Reactions
0 Replies
12 Views
Umuhinde wari ufite ububiko burimo ibicuruzwa bitandukanye mu Kagari ka Kabasengerezi mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge, yimye icupa rimwe rya Kiwingu umukarani wari urimo kumufasha...
0 Reactions
0 Replies
13 Views
Mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Niboye, hafatiwe urubyiruko 20 ruri mu nzu ziberamo ibirori (House Party) ndetse ruri kunywa inzoga zirimo n’izitujuje ubuziranenge zakuwe ku isoko ry’u Rwanda...
0 Reactions
1 Replies
11 Views
Hari haragiyeho RSB ishyiraho ibirebana n’ubuziranenge ariko habura ikindi kigo cy’ubugenzuzi kuko RSB ntiyari gushyiraho ibikurikizwa ngo nirangiza ijye no kibigenzura. Minisiteri zimwe na zimwe...
0 Reactions
0 Replies
12 Views
Ni ikiraro cya metero 370, bivugwa ko inyigo igaragaza ko kizuzura gitwaye amafaranga angana na Miliari 6 z'amanyarwanda. Ibi bikazafasha abambuka hagati y'ibi bice byombi kubasha gukoresha...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Leta yanze gukomeza kuragwa ibyananiranye kuko zitukwamo nkuru ni iyo kubahwa. Harya tugize abaturage badafite umuco bizabazwa abato? Bizabazwa abakuru? Bizabazwa nde uretse Leta bizitirirwa...
0 Reactions
0 Replies
9 Views
Ibiciro by’inyama mu mijyi y’u Rwanda byazamutseho 33.8% muri Nyakanga 2026 ugereranyije na Nyakanga 2025, mu gihe mu kwezi kumwe gusa, hagati ya Kamena na Nyakanga, byazamutseho 17.8%. Raporo...
0 Reactions
1 Replies
12 Views
Niwumva bavuga ko hahiye, ni bene ibi baba bavuga
0 Reactions
0 Replies
9 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…