Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Sosiyete y’indege ya Spirit Airlines yo muri Amerika yahagaritse imirimo bitunguranye ivuga ko itagishoboye guhangana n’ibiciro by’amavuta y’indege bihanitse. Abanyamerika b’amikoro make...
0 Reactions
0 Replies
19 Views
Muri byinshi byaganiriweho, harimo koroherezanya mu ishoramari cyane cyane ko ibicuruzwa u Rwanda rwakira, bivuye mu mahanga, 70% byabyo binyura ku cyambu cya Dar Es Salaam. Harimo kandi ko...
0 Reactions
0 Replies
21 Views
Ese mu gihe tugezemo,birakwiye ko umwana w'umukobwa ugeze mu bwangavu yakwiga aba ku ishuri cg akwiye kwiga ataha iwabo?
0 Reactions
2 Replies
28 Views
Abaturage batandukanye mu mujyi wa Kigali, batunguwe no kujya kwinjira muri bisi bagasubizwa inyuma babwirwa ko bitemewe kwinjirana agafuka karengeje ibiro bitanu, ibintu batishimiye bavuga ko...
0 Reactions
0 Replies
38 Views
Rwanda’s utilities regulator has penalised Canalbox over persistent internet service failures, ordering compensation for customers and daily fines as complaints mount over outages, slow speeds and...
0 Reactions
2 Replies
82 Views
1. Uko wakwitwara kose ntushobora kunyura bose cg ngo ubashimishe bityo ntuzanabigerage ze! 2. Ibyo umuntu yifuza akenshi sibyo abona ndetse n’ibyo akora sibyo akorerwa rwose ntibikwiye...
0 Reactions
0 Replies
26 Views
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Habarurema Jean D’amour ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye abizeza akazi. Iperereza ryagaragaje ko...
0 Reactions
0 Replies
31 Views
Umujyi wa Kigali watangaje ko umuvundo uterwa n’imodoka z’abantu ku giti cyabo bajyana, banavana abana ku mashuri ugiye guhagurukirwa aho ibigo byose by’amashuri bisabwa kugura imodoka rusange...
0 Reactions
0 Replies
23 Views
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwafatiye ibihano GVA Rwanda Ltd (Canalbox) rushingiye ku ngingo ya 269 y’itegeko nimero 24/2016 rigenga ikoranabuhanga ry’itumanaho mu Rwanda, kubera kudakurikiza...
0 Reactions
0 Replies
18 Views
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu, MINALOC, yasabye Abaturarwanda kugabanya inshuro bateka ku munsi mu rwego rwo kugabanya no gukoresha neza ibicanwa. MINALOC yasabye kandi Abanyarwanda kwirinda...
0 Reactions
0 Replies
41 Views
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko mu gihe gito imodoka za Leta zose ziraba zikoresha amashanyarazi kugira ngo batange urugero, maze...
0 Reactions
0 Replies
41 Views
Imbuto zarahenze… Nubwo ibyo bicuruzwa bitazamutse ariko imbuto ziri mu bikomeje kuzamura igiciro kuko ikilo cy’amaronji muri Mutarama 2026 cyaguraga 1000 Frw ariko ubu kigeze ku 1500 Frw naho...
0 Reactions
1 Replies
82 Views
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda, abantu...
0 Reactions
0 Replies
45 Views
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimye, yatangaje ko amatora ahombya igihugu kandi ko amafaranga ashorwamo yakabaye yifashishwa mu bikorwa byo guteza imbere abaturage. Ubwo yatangizaga...
0 Reactions
0 Replies
53 Views
Urwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa...
0 Reactions
0 Replies
35 Views
Ngo amakuru yizewe, ni uko inshuro basambana mu gihe bamara muri kaminuza, ziruta izo abashyingiranywe babikora mu gihe cy'imyaka 15🤣🤣🤣🤣
0 Reactions
0 Replies
46 Views
Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye amatsinda abiri y'abantu icyenda mu icumi bakurikiranyweho ibyaha byo kurema umutwe w'abagizi ba nabi no kwihesha ikintu cy'undi. Itsinda rya...
0 Reactions
0 Replies
30 Views
Back
Top Bottom