Ubuyobozi bw’Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Ubuhinzi n'Ubworozi (RAB), bwemeza ko ingamba z’igihugu zo kurandura indwara y’ibisazi by’imbwa hagati ya 2026–2030 zizagerwaho binyuze mu gukingira 70% by’imbwa n’injangwe no guca burundu impfu ziterwa n’indwara z’ibisazi.
Imibare igaragaza ko buri mwaka mu Rwanda habarurwa abarenga 500 barumwa n’imbwa, bigatera impfu z’abantu bari hagati ya 2-3 bicwa n'indwara y’ibisazi byazo
Imibare igaragaza ko buri mwaka mu Rwanda habarurwa abarenga 500 barumwa n’imbwa, bigatera impfu z’abantu bari hagati ya 2-3 bicwa n'indwara y’ibisazi byazo