Burera:Mu murenge wa Kinoni umugabo wari umaze amezi atatu afunguwe azira guhohotera umugore arakekwaho kwica umugore we kuri uyu wa Kane amutemye ijosi .Abahaye amakuru Tv na Radio1 bavuga ko...
Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku Isi (UCI) ku buryo isiganwa mpuzamahanga rizenguruka igihugu ‘Tour du Rwanda’...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa mu Rwanda byiyongereyeho 7.1% mu kwezi k’Ukwakira ugereranyije n’Ukwakira kwa 2024.
Buri gihe cyose...
Simvuga byinshi kuko murabiindusha. Umugabo wagukoye, akagukura iwanyu, ba nyogosenge na ba nyokowanyu bakakugira inama, babakwibutsa ko kubaha umugabo ari inshingano atari ubusabe.
1. Urusengero...
Iyi foto, iragaragaza igikomere cy'isasu, umukobwa Mugiraneza yarashwe i Bujumbura mu Burundi.
Ni umukobwa wageze i Burundi ahunze, kuko ari umunyamurenge.
Amakuru yatanzwe n'ababibonye, avuga...
Uyu mugabo wo mu gihugu cya Tanzania, nyuma yo kuba mu gikundi cy'abantu 21 baregwa gushaka guteza imidugararo mu gihugu, yajyanywe mu rukiko yambaye agakabutura k'imbere n'isengeri gusa. Bivugwa...
Ngabonziza Augustin wamamaye mu ndirimbo ‘Ancilla’ yashyinguwe kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2025.
Umuhango wo guherekeza Ngabonziza no kumusezeraho bwa nyuma wabanjirijwe n’amajoro y’ikiriyo cyaberaga...
Sosiyete sivile ya Tanzania yasabye Guverinoma y’iki gihugu gutanga ibimenyetso ku byo yatangaje ko imyigaragambyo n’imvururu byabaye mu matora na nyuma yaho bwagizwemo uruhare n’abanyamahanga...
Imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, na zo zarangijwe
Amakuru y'ibanze, agaragaza ko nibura abantu 700 ari bo bamenyekanye ko baburiye ubuzima mu myigaragambyo yabaye...
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu rugo n’ifungwa rya internet, nyuma y’uko habaye imvururu zakurikiye amatora ya Perezida.
Kuri uyu...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.