VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,489
- 1,466
Nyuma y'ihirikwa ry'ubutegetsi muri icyo gihugu,
na nyuma y'aho ubuyobozi bwa Africa yunze ubumwe butangarije ko bubaye buyihagaritse mu bikorwa byayo byose,
Umuyobozi mushya wayo, Colonel Michael Randrianirina, yatangaje ko igihugu cye kitanakeneye kuba mu muryango ushyira imbere ubunyamuryango kurusha umucyo.
Yatangaje ko badakeneye umuryango uyoborwa n'ubufaransa bukeneye gutungwa n'iby'icyo gihugu mu gihe abaturage bacyo basenga ngo bucye kabiri. Bityo, bakeneye kongera kwitekkerezaho no guha umurongo igihugu cyabo.
na nyuma y'aho ubuyobozi bwa Africa yunze ubumwe butangarije ko bubaye buyihagaritse mu bikorwa byayo byose,
Umuyobozi mushya wayo, Colonel Michael Randrianirina, yatangaje ko igihugu cye kitanakeneye kuba mu muryango ushyira imbere ubunyamuryango kurusha umucyo.
Yatangaje ko badakeneye umuryango uyoborwa n'ubufaransa bukeneye gutungwa n'iby'icyo gihugu mu gihe abaturage bacyo basenga ngo bucye kabiri. Bityo, bakeneye kongera kwitekkerezaho no guha umurongo igihugu cyabo.