Bamwe mu ba Nya-Kenya bayobowe n’umunyarwenya Eric Omondi bateguje i myigaragambyo izaba guhera kuwa mbere w’icyumweru gitaha kugeza ku munsi wo ku cyumweru igihe cyose Leta itagira icyo ikora ngo igabanye ibiciro by’ibikomoka Kuri Peteroli.
Ibi bije nyuma y'aho abanyagihugu benshi batishimiye izamuka ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli, aho bavuga ko n'ubundi ubuzima basanzwe barimo butaboroheye, bityo iryo zamuka bakaba batabasha kuryihanganira.
Ibi bije nyuma y'aho abanyagihugu benshi batishimiye izamuka ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli, aho bavuga ko n'ubundi ubuzima basanzwe barimo butaboroheye, bityo iryo zamuka bakaba batabasha kuryihanganira.