NGWINONDEBE
Member
- Mar 18, 2026
- 42
- 0
Hari abatuye mu karere ka Rubavu,
bavuga ko bafite ikibazo cy’igiciro cy’umucanga wifashishwa mu bwubatsi gikomeje kuzamuka cyane, aho mu gihe kitagera ku mwaka cyikubye gatatu.
Ubuyobozi bw'akarere ka Rubavu bwavuze ko ihinduka ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byagize ingaruka kuri ibi biciro, gusa bugiye kugira igikorwa ngo ibiciro bireke gutumbagira.
View: https://x.com/rbarwanda/status/2092463546596766153?s=20
bavuga ko bafite ikibazo cy’igiciro cy’umucanga wifashishwa mu bwubatsi gikomeje kuzamuka cyane, aho mu gihe kitagera ku mwaka cyikubye gatatu.
Ubuyobozi bw'akarere ka Rubavu bwavuze ko ihinduka ry'ibiciro by'ibikomoka kuri peteroli byagize ingaruka kuri ibi biciro, gusa bugiye kugira igikorwa ngo ibiciro bireke gutumbagira.
View: https://x.com/rbarwanda/status/2092463546596766153?s=20