Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye ibitero ku bwato butanu bwo muri Iran butwara peteroli, mu gusubiza ibitero bibiri Tehran yagabye ku bwato bw’intambara bwa Amerika mu minsi ibiri ishize.
Ibi bitero byagabwe mu ijoro rishyira ku wa 9 Nzeri 2026 nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi...
Umugore wo mu murenge wa Rwabicuma mu karere ka Nyanza yagejejwe mu rukiko aburana ibyaha birimo gushinyagurira umubiri w’umuntu ubwo yarimo avidura umusarani akabona bimwe mu bice by’umubiri w’umuntu ntatange amakuru ahubwo akabishyira mu murima w’umuturanyi we
Mu rubanza rwaburanishijwe ku wa...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyagihanga, mu Karere ka Gatsibo, bavuga ko bakomeje gukora urugendo rurerure bajya gushaka amazi mu mubande n’ayo babona akaba ari ibiziba.
Bavuga ko hari igihe bamara isaha irenga mu nzira, bikabagiraho ingaruka zirimo gukererwa kw’abana ku ishuri, isuku nke ndetse...
Ni imyigarangambyo igamije kwamagana umwanzuro wa leta wo kwirukana mu gihugu abanyamahanga bahakorera imirimo iciriritse, aho leta na bamwe mu baturage bagaragaza ko aba bantu bakora imirimo yakabaye ikorwa n'abenegihugu.
Bamwe mu baturage bagaragaza ko iyo mirimo aba banyamahanga bayikora...
Urwego rw’Igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), rwerekanye abantu 39 bacyekwaho kugira uruhare mu gukopeza abanyeshuri mu bizamini bya leta bisoza amashuri.
Ni igikorwa cyabereye ku cyicaro gikuru cy'uru rwego mu mujyi wa Kigali, kuri uyu wa 05 Nzeri 2026. Aberekanwe barimo ab'igitsinagabo 27...
U Burusiya bwagabye igitero gikomeye ku cyicaro gikuru cy’urwego rushinzwe umutekano n’ubutasi rwa Ukraine, SBU, giherereye mu murwa mukuru Kyiv, mu gitero Ukraine yafashe nk’intambwe nshya ikomeye mu gukaza intambara hagati y’ibihugu byombi.
Iki gitero cyagabwe ku wa Gatanu, tariki ya 4 Nzeri...
Raporo y’urwego rw’ubucamanza bw’u Rwanda, yagaragaje ko imanza zijyanye no gutandukana kw’abashakanye mu nkiko zose zageze kuri 6.799, bigaragara ko ibi birego byikubye hafi 2,5 ugereranyije n’imanza zari mu nkiko mu mwaka wari wabanje.
Ingingo yo kubaka umuryango utekanye ni umwe mu...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru, bwatangaje ko iperereza ry’ibanze ryerekanye ko umuvumvu wahakuraga muri Pariki y’igihugu ya Nyungwe mu gice kibarirwa mu aarere ka Nyaruguru, mu murenge wa Muganza, ari we wabaye intandaro y’inkongi y’umuriro yibasiye ishyamba rya Nyungwe, hegitari 29 zose...
Perezida w’urukiko rw’ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla yatangaje ko mu mwaka w’ubucamanza wa 2025/26 ibirarane by’imanza mu gihe cy’umwaka umwe byagabanyutse ku kigero cya 25,1% ndetse kimwe mu byabigizemo uruhare harimo ubutabera nsanasano bushingiye ku gukemura ibibazo mu bwumvikane...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Uwamahoro Elizabeth, Oluwatosin Ayayi na Ndayishimiye Rwabukumba Patrick bakora mu Kigo cya FDA bafungurwa kuko nta mpamvu zikomeye zigaragaza ko bakoresheje ububasha bwabo mu nyungu zabo bwite.
Uruganda rw’icyayi rwa Rugabano ruherereye mu Karere ka Karongi rugiye gutangira kwifashisha imigozi yo mu kirere mu kuvana icyayi cy’amababi ku mahangari, rukigeza mu ruganda no mu kuvana inyongeramusaruro ku ruganda zigera ku bahinzi.
Ni nyuma y’aho hari icyayi cyangirikaga kitaragera ku...
Abasirikare b’u Rwanda bane basoje amasomo muri Kaminuza ya gisirikare ya Turikiya, bahabwa ipeti rya Sous-Lieutenant.
Ku wa 30 Kanama 2026, i Ankara muri Turikiya nibwo habereye umuhango wo gusoza amasomo ku basirikare barangije mu ishuri rya Gisirikare ndetse n’iry’ingabo zirwanira mu Kirere...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.