Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo Amb. Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko mu gihe gito imodoka za Leta zose ziraba zikoresha amashanyarazi kugira ngo batange urugero, maze nyuma abanyarwanda nabo bategekwe ko nta wemerewe kwinjiza Imodoka mu Rwanda idakoresha Amashanyarazi.
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.