Mu murenge wa Mutete mu karere ka Gicumbi;
hari abaturage basaba ko bakwimurwa kuko ngo inzu zabo zikomeje gusenywa n'intambi z'ibirombe abashinwa bacukuramo amabuye y'ubwubatsi. Barasaba...
Umukobwa wo mu murenge wa Byumba akarere ka Gicumbi, arashinja nyina kumutwara umugabo. Se w’umukobwa na we akavuga ko yabifatiye atari inkuru yabwiwe. Ubwo icyakurikiye ni uko umukecuru atari...
Mke anayejitambua huwa ni chachu ya maendeleo ya mwanaume asiyejitambua na familia kwa ujumla.
Na mume asiyejitambua huwa ni chachu ya maendeleo ya wanawake, na wanawake wengine wa pembeni..
Ni...
Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka Nyanza, bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu bakaba...
Mu gihe imiryango yasigaye ku kirwa cya Sharita mu murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, igaragaza ko ibangamiwe no kuba mu bwigunge kubera kutagerwaho n’ibikorwaremezo , ubuyobozi bw’aka karere...
Abaturage bo mu kagari ka Buhabwa,Umurenge wa Murundi mu karere ka Kayonza; abadamu barataka isenyuka ry’ingo zabo, aho ngo abagore baza gupagasa muri ako gace,bibana, bamenyera abagabo...
Hari abaturage bo mu murenge wa Kigoma mu karere ka NYANZA,
bavuga ko intambi zirimo guturitswa mu ikorwa ry'umuhanda uhuza akarere ka Nyanza n'aka Bugesera zatumye bavanwa mu nzu zabo, ubu...
Imibare ihuriye he n'impinduka ku muturage? Umuyobozi ufite inshingano arazibazwa?
Intambwe nziza yatewe ni uko ubuyobozi budaheza. Dufatiye urugero ku bafite ubumuga, mu nzego zitandukanye.
Kubeshya inzego z’umutekano mu Rwanda ni ibintu bigoye cyane. Umutekano mu Rwanda ni priority number 1. Noneho ku Munyarwanda bikaba akarusho.
Ya debate imaze iminsi ngo y’abanyamahanga bakubise...
Ariko umuntu washoye umushinga w'amagare, byahereye he ko atakigaragara mu mujyi? Buriya nibura ayo yashoye, yarayagaruje? Iyo leta imushakira agace katageramo imodoka na moto ko wenda byari...
Ni nyuma yo gutangaza ko ibitero igabwaho, bishobora gutuma ifata ibibuga by'indege bikoreshwa na FARDC n'abambari bayo.
Umuvugizi w’Ishami rya Politiki muri M23, Lawrence Kanyuka, yavuze ko uyu...
Abacuruzi b’inzagwa bo mu Murenge wa Matyazo wo mu karere ka Ngororero
basigaye bajijisha bagacururiza inzoga zitemewe mu mugezi wa Rubagabaga, abaturage bagahamya ko ubuyobozi buba bubizi...