https://x.com/Annemwiza/status/1907477966591836422
Bigaragara ko abantu gutura mu manegeka, uko bucya n'uko bwira, inyubako nshya zirazamurwa mu misozi. Kandi ibikorwa remezo bikarenga...
Mu kiganiro Minisitiri w'Intebe Dr. Ngirente yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko, ku bikorwa bya Guverinoma mu kongera umusaruro w’inganda no guteza imbere ibyoherezwa mu mahanga, yijeje...
Hari abaturage batuye mu bice bitandukanye by’akarere ka Musanze bahisemo kurarana n'amatungo yabo mu nzu kubera gutinya abajura bamaze igihe bayiba bayasanze mu biraro yabagamo.
Ubuyobozi na bwo...
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...
Perezida wa Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga muri Sena ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula Apala Pen’Apala, yongeye kurahira ko atemera ko hari abarwanyi ba FDLR...
Ni ukubera iki umu Depite yitwa intumwa ya Rubanda??
Umu Depite yitwa Intumwa ya Rubanda kubera ko aba ahagarariye abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko. Iyo titre isobanura ko ari “intumwa”...
Umuturage ku isonga:
Twamaze imyaka 10 twishyura Internet ya baringa, leta ibivumbuye nta n’atanu badusubije.
Umuturage ku isonga:
Rubavu haje uruganda rwumisha ibitunguru aho kubyumisha...
Mu rwego rwo kuzamura Umusoro nta Kuntu aba baDEPITE basoreshwa nka 30% by'umushahara wabo ko umusoro wazamuka???
Ni nyuma y’uko umuudepite asabye ko ba 'MC' bo mu bukwe n'ibindi birori bajya...
Perezida wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe Ubutasi n’Ibikorwa byihariye by’Igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko ubutegetsi bwa Repubulika...
Christian Sellars ni Umuyobozi Mukuru wa Transforming Engagements (TES) Ltd, ikigo gikorera mu Rwanda. Gitanga ubujyanama ku bijyanye no kwimakaza ubuyobozi bwiza no guteza imbere umuco hagamijwe...
Rwamagana: Bamwe mu batuye mu murenge wa Fumbwe baratabariza umukobwa urembeye mu nzu nyuma yo gukubitwa n’umugore w’umucuruzi amutegeye mu nzira akamuvuna ukuguru, none ngo bikaba byararangiye...
Baratabariza umuryango w’abantu 9 urembejwe n’amavunja.Hari bamwe mu baturage batuye mu Mudugudu wa Gapfuro, Akagari ka Garuka umurenge wa Musanze w’Akarere ka Musanze,
baratabariza umuryango...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.