Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NHRC) yatangaje ko impamvu amagororero yo mu Rwanda atemera ko abagororwa batera akabariro n’abo bashakanye nyamara hari ibihugu bibyemera biterwa...
Mu gihe gas méthane izacukurwa mu Kiyaga cya Kivu yitezweho kugabanya igiciro cya Gaz yo gutekesha, hagaragajwe imbogamizi z'uko abaturage batazashobora kuyikoresha mu ngo zabo kuko byasaba...
Abantu benshi bajya bakeka ko guhagurukira urukiko, byaba ari ubwoba. Oya, siko biri.
Ibi bifatwa nko kubaha urukiko, aho kuba umuntu wicaye ku ntebe y'urukiko.
Mu ngeri zose z'inzego...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko gushyira hamwe kw’akarere bigoye mu gihe u Burundi bukomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa RDC.
Kugera ubu amakuru ahari ni uko umupaka wa Kamanyora uhuza u Rwanda na Congo waba wamaze kugwa mu biganza bya M23. Amakuru yandi akaba avuga ko ingabo z'uBurundi zaba zanarashe ku butaka bw'u...
Umugabo wo mu Karere ka Rwamagana uri mu kigero cy'imyaka 39 y'amavuko, yasanzwe
yiyahuye nyuma y'uko abeshywe ko umugore we wari warahukanye yashatswe n'undi mugabo.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa...
N’ubwo bitavugwa, birashoboka cyane ko hirya no hino mu gihugu Abaturage nta butaka bafite bwo guhinga ibibatunga byibuze, mbere yo gutekereza ibibavana mu bukene! Ni mu gihe kandi buri mwaka...
U Rwanda rwamaze kunoza amasezerano y’ingenzi yo gukora ibikoresho bya gisirikare ku bufatanye na Turkiya, ibyo bikaba ari imwe mu ntambwe zikomeye za Kigali ziganisha ku kubaka uruganda...
Mu Rwanda mu mwaka wa 2024-2025, hirya no hino mu gihugu habaye impanuka 22,509 zahitanye ubuzima bw’abantu 1470 biganjemo abanyamaguru kuko bagize 34% by’abo zahitanye.
Abandi ni abatwara...
Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko Ingabo za AFC/M23 zamaze gusa n’izicamo kabiri imijyi ya Mwenga na Kamituga, nyuma yo kwigarurira agace kari hagati...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yakuriye inzira ku murima abifuza ko insengero zuzuje ibisabwa zafungurwa ashimangira ko ku bwe nta rusengero na rumwe yafungura ko ahubwo n’izitarafunzwe ku bwe...
Ati “Niba hari ushaka Goma nta kibazo, ku mpamvu izo ari zo zose zaba ari izijyanye n’imigenzo cyangwa se niba hari abemerera mu marozi, Goma iri mu biganza by’abantu runaka. Genda uvugane na bo.”...