Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Komisiyo y’Igihugu y’Uburenganzira bwa Muntu (NHRC) yatangaje ko impamvu amagororero yo mu Rwanda atemera ko abagororwa batera akabariro n’abo bashakanye nyamara hari ibihugu bibyemera biterwa...
0 Reactions
0 Replies
73 Views
Mu gihe gas méthane izacukurwa mu Kiyaga cya Kivu yitezweho kugabanya igiciro cya Gaz yo gutekesha, hagaragajwe imbogamizi z'uko abaturage batazashobora kuyikoresha mu ngo zabo kuko byasaba...
0 Reactions
0 Replies
72 Views
Konti yawe ya Bank ntikwiye kuba igikoresho cy'abagusaba kunyuzaho amafaranga yabo: Menya ingaruka ushobora kuzahura nazo. Inshuti yawe igize itya igusabye kuyemerera kunyuza amafaranga ye kuri...
0 Reactions
0 Replies
75 Views
Rulindo - Kisaro: Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru ,abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho gutwikira umuturage inzu n'ibiraro by'amatungo, ingurube ebyiri zirashya zirapfa , intama...
0 Reactions
0 Replies
75 Views
Abantu benshi bajya bakeka ko guhagurukira urukiko, byaba ari ubwoba. Oya, siko biri. Ibi bifatwa nko kubaha urukiko, aho kuba umuntu wicaye ku ntebe y'urukiko. Mu ngeri zose z'inzego...
0 Reactions
0 Replies
68 Views
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko gushyira hamwe kw’akarere bigoye mu gihe u Burundi bukomeje kwenyegeza intambara yo mu burasirazuba bwa RDC.
0 Reactions
0 Replies
56 Views
Uyu munsi ku Gatandatu tariki ya 6/12/2025 muri Nyagatare District, RCS yatangije ku mugaragaro ishyirwa mu bikorwa ry'igihano gishya cy'imirimo y'inyungu rusange (Community Services Penalty). Ni...
0 Reactions
0 Replies
63 Views
Iyi foto yafatiwe Rurambo mu burasirazuba bwa Congo, igaragaza imodoka y'igisirikare cya leta ya Congo, yatwitswe igapfiramo abasirikare 11, n'ibikoresho byarimo byose bikaba umuyonga
0 Reactions
0 Replies
61 Views
Nuhamagarwa, ukabwirwa ko icyo uhamagariwe uzakimenya uhage(nk'uko dusanzwe tubizi), uzitonde kuko igihe cyose bazaguhamagara bagushakamo amakuru cg indi mpamvu, wenda ku bw'ikirego watanze. Mu...
0 Reactions
0 Replies
75 Views
Nguko uko byari byifashe uyu munsi.
0 Reactions
0 Replies
73 Views
Kugera ubu amakuru ahari ni uko umupaka wa Kamanyora uhuza u Rwanda na Congo waba wamaze kugwa mu biganza bya M23. Amakuru yandi akaba avuga ko ingabo z'uBurundi zaba zanarashe ku butaka bw'u...
0 Reactions
0 Replies
73 Views
Mbega inkuru ishimishije mugiye kumva! Gusa umwana w'Umurundi ahaboneye isomo. Intare musonge mbere!Hari amakuru avuga ko Affande Makenga yaba yamaze gutanga amabwiriza yo kubohora abaturage bari...
0 Reactions
0 Replies
66 Views
Umugabo wo mu Karere ka Rwamagana uri mu kigero cy'imyaka 39 y'amavuko, yasanzwe yiyahuye nyuma y'uko abeshywe ko umugore we wari warahukanye yashatswe n'undi mugabo. Ibi byabereye mu Mudugudu wa...
0 Reactions
0 Replies
87 Views
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu bice bigenzurwa n’ihuriro AFC/M23 bitemewe mu kindi gihe cy’amezi atandatu...
0 Reactions
1 Replies
158 Views
N’ubwo bitavugwa, birashoboka cyane ko hirya no hino mu gihugu Abaturage nta butaka bafite bwo guhinga ibibatunga byibuze, mbere yo gutekereza ibibavana mu bukene! Ni mu gihe kandi buri mwaka...
0 Reactions
1 Replies
101 Views
U Rwanda rwamaze kunoza amasezerano y’ingenzi yo gukora ibikoresho bya gisirikare ku bufatanye na Turkiya, ibyo bikaba ari imwe mu ntambwe zikomeye za Kigali ziganisha ku kubaka uruganda...
0 Reactions
0 Replies
55 Views
Mu Rwanda mu mwaka wa 2024-2025, hirya no hino mu gihugu habaye impanuka 22,509 zahitanye ubuzima bw’abantu 1470 biganjemo abanyamaguru kuko bagize 34% by’abo zahitanye. Abandi ni abatwara...
0 Reactions
0 Replies
79 Views
Amakuru aturuka ku mirongo y’urugamba mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko Ingabo za AFC/M23 zamaze gusa n’izicamo kabiri imijyi ya Mwenga na Kamituga, nyuma yo kwigarurira agace kari hagati...
0 Reactions
0 Replies
101 Views
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yakuriye inzira ku murima abifuza ko insengero zuzuje ibisabwa zafungurwa ashimangira ko ku bwe nta rusengero na rumwe yafungura ko ahubwo n’izitarafunzwe ku bwe...
1 Reactions
1 Replies
199 Views
Ati “Niba hari ushaka Goma nta kibazo, ku mpamvu izo ari zo zose zaba ari izijyanye n’imigenzo cyangwa se niba hari abemerera mu marozi, Goma iri mu biganza by’abantu runaka. Genda uvugane na bo.”...
0 Reactions
0 Replies
62 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…