Mwalimu SACCO na yo igira iti:
Murakoze kutugezaho ubu butumwa. Iki kibazo turakizi, twagikoranyeho n'uyu munyamuryango, ndetse hari n'ibiri gukurikiranwa muri RIB. Kandi n'ibyo yasabye ko twakurikirana uwitwa ko bafatanyije kwishingira uriya muntu biri gukurikiranwa. Bitarenze kuwa kabiri utaha, uyu munyamuryango tuzamuha igisubizo cy'aho ikibazo cye kigeze. Mugire amahoro!