Mu rwego rwo kwimakaza isuku mu mujyi wa Kigali, nyuma y'abazunguzayi, abatahiwe ni abacuruza amainite bazwi nk'aba agent ba MTN na Airtel Rwanda.
Biravugwa ko umujyi wa Kigali wabasabye gukuraho imitaka bakoreshaga igihe bikinga izuba mu mirimo yabo.
Nyuma yo kuvanaho imitaka, bakaba batabasha gukorera ku zuba ry'igikatu, ubwo harakurikiraho n'imeza zabo.
Ki
Biravugwa ko umujyi wa Kigali wabasabye gukuraho imitaka bakoreshaga igihe bikinga izuba mu mirimo yabo.
Nyuma yo kuvanaho imitaka, bakaba batabasha gukorera ku zuba ry'igikatu, ubwo harakurikiraho n'imeza zabo.