Mutegarugori
Member
- Mar 18, 2026
- 64
- 0
Abagura inyama z'inka mu mujyi wa Kigali bavuga ko batunguwe n’itumbagira rikabije ryazo mu gihe gito cyane, aho ikiro kimwe kiri kugura hagati y’ibihumbi 10 Rwf na 13 Rwf.
Ni mu gihe abakora mu bucuruzi bwazo bo bavuga ko inyama ziri ku isoko ari nke bikabije bitewe n’uko nta nka ziri kubagwa, ibyo bahuza n’indwara ivugwa mu matungo mu bice bimwe na bimwe by’igihugu.
Ni mu gihe abakora mu bucuruzi bwazo bo bavuga ko inyama ziri ku isoko ari nke bikabije bitewe n’uko nta nka ziri kubagwa, ibyo bahuza n’indwara ivugwa mu matungo mu bice bimwe na bimwe by’igihugu.