Mutegarugori
Member
- Mar 18, 2026
- 55
- 0
Hashize igihe ubuyobozi n’imiryango itari iya Leta bakora ubukangurambaga bugamije guca intege umuco wo gutekera umukwe isake no kumuha amafaranga ariko hari abanze kuwuzibukira bavuga ko ari uburyo bwo kubaha umukwe no gutoza abakobwa gukora.
Umuco wo guha abasore amafaranga no kubatekera isake igihe bagiye kurambagiza ugaragara mu turere twa Rusizi na Nyamasheke.
Abaturage bo muri utu Turere bavuga ko uyu muco ugihari nubwo byagabanyutse ugereranyije no mu myaka itanu ishize.
Mariya Nyirababiligi ati "Njye mbona uyu muco wo guha umusore isake ntacyo utwaye. Isake se ubwo ikibazo kirimo ni ikihe niba umukwe yagusuye ukamutegurira isake yo kumwakira ikibazo kirimo ni ikihe? Bituma abakobwa tumenya gushaka amafaranga".
Umuco wo guha abasore amafaranga no kubatekera isake igihe bagiye kurambagiza ugaragara mu turere twa Rusizi na Nyamasheke.
Abaturage bo muri utu Turere bavuga ko uyu muco ugihari nubwo byagabanyutse ugereranyije no mu myaka itanu ishize.
Mariya Nyirababiligi ati "Njye mbona uyu muco wo guha umusore isake ntacyo utwaye. Isake se ubwo ikibazo kirimo ni ikihe niba umukwe yagusuye ukamutegurira isake yo kumwakira ikibazo kirimo ni ikihe? Bituma abakobwa tumenya gushaka amafaranga".