Abahanga bavuga ko umuco uvuka, ugakura, ukanasaza, abandi bati ingeso ipfa nyirayo yapfuye, ariko ibiriho ubu bishobora kuba bivuguruza izi mvugo kuko mu myaka mike ishize abahungu ni bo bapangaga gahunda z’uko bazisengerera umwana ariko ubu wategwaga imitego ni we uyitega, mbese uwari umuhigi...
Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko nta ngurane ihari kuri ba nyiringanda zakoraga inzoga zitemewe, ubu zikaba ziri kumenwa ndetse n’inganda zigafungwa.
Umuyobozi w’akarere ka Muhanga Kayitare Jacqueline yabitangarije mu gikorwa cy’iminsi itandatu, akarere kihaye ko gukusanya inzoga...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.