Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha RIB, rwihanangirije umuntu wese wibasira abagore, haba ku mbuga nkoranyambaga, mu magambo cyangwa mu bundi buryo ubwo ari bwo bwose.
Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira, yavuze ko nta myambarire y’umugore ishobora kuba urwitwazo rwo kumuhutaza cyangwa kumukorera...
Amakuru maze kubona nubwo ataremezwa n'inzego za leta,aragaragaza ko ushinzwe uburezi mu karere ka
Nyamasheke, vice mayor ushinzwe ubukungu, umuyobozi wa GS Ruheru, abarimu 5 bakurikiranye ikorwa ry'ibizamini bisoza amashuri abanza kuri iyi GS Ruheru ,umuyobozi ushinzwe uburezi mu murenge wa...
Umuyobozi wungirije w’Ihuriro rya AFC/M23, Bertrand Bisimwa, ubwo yaganiraga n’abarwanyi bashya ba AFC/M23 bari barangije amahugurwa ajyanye n’imyemerere n’imyumvire ya politiki yabereye i Kanombe, mu Ntara ya Rutshuru, yatangaje ko uyu mutwe utarwanya Félix Antoine Tshisekedi ku giti cye...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ashaka guhindura izina ry’inzira ya Hormuz imaze igihe imuhanganishije na Iran, akayita ‘Inzira ya Trump’.
Ni mu butumwa uyu mutegetsi yanditse ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nzeri 2026.
Perezida Trump...
Kuwa Gatandatu, ba Ofisiye bakuru, abato n’abandi bo mu nzego zitandukanye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’urwego rushinzwe Igorora (RCS), barangije amahugurwa ya gisirikare yari amaze amezi atanu abera mu Kigo cy’Amahugurwa ya Gisirikare i Gabiro.
Aya mahugurwa yahaye...
Abayobozi ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ko ingabo z’iki gihugu zagabye igitero ku ntwaro za Iran zari ku kirwa cya Larak, mu bitero byabaye ku Cyumweru. Iki gitero cyabaye icya mbere kizwi ko Amerika igabye kuri Iran kuva mu ntangiriro za Nyakanga.
Abayobozi ba Amerika bavuze ko izo...
Kuri uyu wa Gatandatu, ubwo abaturage ba Uganda bari babukereye bari gukora umuganda rusange, Umumotari wari uri kuri moto yahagaritswe n’abapolice bamusaba gukora umuganda arabyanga birangira arashwe arapfa.
Nkuko bitangazwa n’ibinyamakuru bya Uganda, bivuga ko uyu mumotari wari ufite imyaka...
Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda yashyikirije Minisiteri y’Ubuzima Ibitaro bya Masaka bivuguruye, bizimukiramo Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali, CHUK.
Uyu mushinga umaze imyaka ine ushyirwa mu bikorwa, ni yo nkunga nini u Bushinwa buhaye u Rwanda. Byubatswe na Shanghai Construction Group Co., Ltd...
Abacuruzi bakorera mu isoko rya Rwagitima mu karere ka Gatsibo, barasaba ko rivugururwa kuko rimaze gusaza, ridafite umuriro w’amashanyarazi ndetse iyo imvura iguye amazi arinjira, bikangiza ibicuruzwa byabo. Bavuga ko ibi bibangamira imikorere yabo.
Aba bacuruzi bahamya ko iri soko rimaze...
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yatesheje agaciro ubujurire bwa APR FC, yasabaga kudakinira umukino wayo wa CAF Champions League izakirwamo na Les Aigles du Congo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
APR FC yaherukaga kumenyeshwa ko umukino wayo ubanza wo mu...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.