Ubushakashatsi bushya bwasohotse mu kinyamakuru Journal of Sex and Marital Therapy bwagaragaje ko hari abagore bakora imibonano mpuzabitsina nubwo baba batayifitiye ubushake, ahanini bagamije gukomeza umubano wabo cyangwa kwirinda ibibazo mu rugo.
Abashakashatsi Nikita Guptan na James A. Simon...
Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi muri Aston Villa, Francesco Calvo, n’umunyabigwi wayo, James Chester, ni bamwe mu bazita amazina abana b’ingagi mu muhango wo Kwita Izina.
Ku wa Gatanu, tariki ya 4 Nzeri 2026, ni bwo mu Kinigi ho mu Karere ka Musanze, hazabera umuhango wo kwita amazina...
Ababyeyi bafite abana bigaga mu bigo by’amashuri byafunzwe kubera kutagira icyangombwa kibemerera gutanga uburezi mu mujyi wa Kigali, bavuga ko bari mu rujijo rw’aho abana babo bazakomereza amasomo, kuko ibigo bya Leta begereye bibabwira ko nta myanya bifite
Mutabaruka Paulin wabaye burugumesitiri mu yahoze ari komini Rukondo hari muri Perefegitura ya Gikongoro (Akarere ka Nyamagabe k’ubu) yajuririye igifungo cya burundu yari yakatiwe n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe.
Mutabaruka wanabaye gitifu w’imirenge itandukanye yo mu karere ka Nyanza...
Abakorera ku Mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania bongeye kugaragaza igihombo kirimo guterwa n'Isoko upuzamipaka rya Rusumo rimaze imyaka 4 ridakorerwamo neza, kuko imiryango yaryo hafi ya yose ifunzwe kuva ryakubakwa.
Ubuyobozi bw’akarere ka Kirehe bwo bwavuze ko bukirimo kureba...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.