Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Mu nkiko aba mbere mu bafite inganda z’inzoga zarenze ku mabwiriza ya RFDA batangiye gukatirwa! Urukiko rw’ibanze rwa Kiramuruzi muri Gatsibo rwakatiye Thadee NSABIMANA na Jean Marie Vianey...
0 Reactions
0 Replies
11 Views
Muri Tanzania, hari pariki nyinshi, zifite inyamaswa nyinshi kurenza izacu, umuturage wese ukomoka mu bihugu bigize EAC, amafaranga yo gusura pariki ni amashilingi ya Tanzania 12k( Ibihumbi cumi...
0 Reactions
0 Replies
6 Views
Ibi byatangajwe na Brigitte Mukanga-Eno, uhagarariye ishami rya WFP mu Burundi. Bamwe mu bahungiye mu gihugu bemejeko ayo makuru bayahawe, gusa bagaragaza ko ubuzima butagishobotse. Umwe yagize...
0 Reactions
0 Replies
14 Views
Kuva ku itariki ya 1 z'ukwa 8, abarundi baca mu gihugu cy'ubu Biligi, hatitawe ku ho batuye, barasabwa kwishyura visa yo guca ku kibuga(Transit visa) “From 01/08, Burundian nationals travelling to...
0 Reactions
0 Replies
7 Views
Abaturage bo muri Zanzibar bahangayikishijwe n’ikibazo cy’ibura ry’isukari, aho abenshi bavuga ko kuyibona byabaye ingorabahizi, mu gihe iyo ibonetse ku isoko igurishwa ku giciro cyo hejuru cyane...
0 Reactions
0 Replies
10 Views
Itangazo rya Rwanda FDA rivuga ko urutonde rw'izindi nganda zizafatirwa ingamba ruzatangazwa mu gihe gikwiye, uko ibikorwa byo kugenzura iyubahirizwa ry'amabwiriza bigenda bikorwa.
0 Reactions
0 Replies
6 Views
Aba bantu, amakuru ahari aremeza ko bari bamaze ukwezi bavanywe muri gereza i Kinshasa, bakajyanwa Beni mu ntara ya Kivu ya ruguru, aho bari bategereje gushyikirizwa ubuyobozi bwa AF/M23. Iri...
0 Reactions
0 Replies
17 Views
"Biri gutangira ariko tugomba kubihaharika na byo kuko ikibi cyabyo byo birica umwotsi uhita ugenda mu bihaha. Ubushakashatsi bwagaragaje ko bijyana na kanseri z'urwungano ngogozi n'ibihaha...
0 Reactions
0 Replies
5 Views
Ikigo Kivu Choice cyatangaje ko umushinga wo kubaka irerero ry’amafi wa miliyari 20 Frw rizajya ritanga abana b’amafi miliyoni zirenga 12 ku kwezi urimbanyije. Iki kigo gifite intego yo kwagura...
0 Reactions
2 Replies
18 Views
Ku wa 4 Kanama 2026, Viola Eli Bibi Albert yakatiwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gukubita no gukomeretsa umwarimu we wigisha muri imwe muri kaminuza zo mu mujyi...
0 Reactions
0 Replies
6 Views
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yemeje icyifuzo cyo kohereza umutwe w’ingabo za UPDF mu ntara ya Gaza, aho bazitabira ibikorwa by’ingabo mpuzamahanga zo kugarura umutekano (ISF) nyuma...
0 Reactions
0 Replies
4 Views
Leta ya Congo, nta yandi mananiza, igomba kwambura abarwanyi ba FDLR intwaro kandi ikaboherereza u Rwanda nta yandi mananiza. Ni amagambo yavuzwe na Yolande Makolo. Yavuze ko uretse kuba FDLR...
0 Reactions
1 Replies
11 Views
Ishuri rikuru ryigisha ubuhinzi n’ubworozi bubungabunga ubutaka (RICA) ryatangaje ko umunya-Sénégal, Dr Momar Dieng yagizwe umuyobozi mukuru waryo mushya, akazatangira inshingano ku wa 1...
0 Reactions
0 Replies
7 Views
Ubutaliyani buri mu biganiro n'ibihugu bitandukanye ku cyibazo cy'abimukira babwinjiramo bashakisha ubuzima. U Rwanda: rwemeye ko ari kimwe mu bihugu biri kuganira n'ubutaliyani ku buryo rwajya...
0 Reactions
0 Replies
6 Views
Umuyobozi wungirije w’Akarere ka Nyamagabe ushinzwe imibereho myiza, Uwamariya Agnes, yafunguwe by’agateganyo mu gihe agikurikiranywe n’Ubushinjacyaha. Umunyamategeko wa Uwamariya, Me Kagamba...
0 Reactions
0 Replies
46 Views
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburasirazuba, yatangaje ko abantu 43 batawe muri yombi mu minsi itatu, bazira kwanga gutanga inzoga zitujuje ubuziranenge bacuruzaga, bamwe bagahitamo kujya...
0 Reactions
1 Replies
12 Views
Basore bato ngaho nimuberwe
0 Reactions
0 Replies
7 Views
Ndebera nawe koko
0 Reactions
0 Replies
7 Views
Baziruwiha Eliezer bahimba Sebishihe, w’imyaka 58 wo mu karere ka Karongi, wari umaze imyaka myinshi yihisha ubutabera kubera ibyaha bya Jenoside yari akurikiranyweho yatawe muri yombi. Uyu...
0 Reactions
0 Replies
18 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…