Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Ikibuga cy’indege cya Mavivi mu Mujyi wa Beni uri mu ntera ya Km 340 uvuye i Goma cyafashwe n'inkongi y'umuriro.Muri uyu Mujyi niho himuriwe ibiro bya Guverineri w'Intara ya Kivu Ruguru nyuma...
0 Reactions
0 Replies
65 Views
Itegeko rishya rigenga ikoreshwa ry’imihanda mu Rwanda ryemeje ko umuntu utwara ikinyabiziga yarengeje igipimo ntarengwa cya arukoro mu maraso aba akoze icyaha, ndetse ubihamijwe n’urukiko...
0 Reactions
0 Replies
77 Views
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Congo wagabweho ibitero bikomeye bya Drones. AFC/M23 igenzura uyu mujyi yemeje ko ibi bitero byagabwe n'ihuriro...
0 Reactions
0 Replies
136 Views
Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko Ingabo z'u Rwanda zishobora kohereza abasirikare 1,000 ku rugamba kugira ngo zirinde ubuzima bw’umunyarwanda umwe, kuko ubuzima...
0 Reactions
0 Replies
158 Views
Ahubwo se ubundi buriya, abagore iyo batekereje ko umugabo we ashobora kujya ku musazi, ubwo ntibiba bivuze ko ntacyo abiyita bazima barusha uriya bita umusazi?
0 Reactions
0 Replies
37 Views
Nyuma y’uko bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Iran bavuye mu mwiherero wa bagenzi babo aho bari muri Australia mu irushanwa rya Women’s Asian Cup, bemerewe ubuhungiro na Perezida wa Leta...
0 Reactions
0 Replies
49 Views
https://www.jamiiforums.com/forums/rwanda-forum.148/ N.B: Amakuru atandukiriye ubusugire bw'igihugu n'adafitiwe gihamywa, nta mwanya ahabwa
0 Reactions
0 Replies
154 Views
Umujyi wa Kigali watangaje impinduka mu buryo wafatanyaga n’abaturage kwiyubakira imihanda, aho batangaga 30% na wo ukabunganira, ubongereraho 70%. Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe...
0 Reactions
0 Replies
44 Views
Mu gihugu abaturage bataka inzara, ariko mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, abaturage barataka kurandurirwa imyaka n'abayobozi. Ibi si ubwa mbere, kuko no mu myaka yo ha mbere, na...
0 Reactions
0 Replies
40 Views
Abatuye mu tugari twa Mugera na Nyabicwamba mu murenge wa Gatsibo, wo mu karere ka Gatsibo, bavuga ko batekewe imitwe na rwiyemezamirimo KARINGANIRE Emmanuel ababeshya ko agiye kubafasha kuhira...
0 Reactions
0 Replies
75 Views
U Rwanda rwatangaje ko inoti za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw n’iza 5000 Frw zashyizweho hagati ya 2004 na 2015 zitagifite agaciro mu Rwanda, ariko bikazatangira kubahirizwa nyuma y’amezi 12 iteka...
0 Reactions
0 Replies
57 Views
Abaturage bo muri santere ya Musumba mu karere ka Kamonyi, baravuga ko batewe impungenge n'inzoga y'inkorano bise "Agasembuye". Ivugwaho guhindura urubyiruko rugahita rujya mu ngeso z’ubusambanyi...
0 Reactions
0 Replies
31 Views
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo hakemurwe ibindi bibazo...
0 Reactions
1 Replies
119 Views
Muri Gasabo, umurenge wa Jali,Nyakabungo hari umubyeyi ufite anana 11 uri kurara hanze nyuma y'uko asenyewe n'ubuyobozi bukamukodeshereza inzu kuri ubu nayo bukaba bwayimusoyemo ibyo avuga ko biri...
0 Reactions
0 Replies
35 Views
Ngayo nguko, ubwo aba ni bamwe mu baba batoboye bakavuga, nyamara ababikora bo bati ni ubushake bwa ba nyir'ukuyatanga.
0 Reactions
0 Replies
77 Views
Amakuru aravuga ko FDLR yaba yahinduriwe izina ikaba yitwa FCLR (Front Commun de la Libération Rwandaise), ihuriro rishya rifite isura ya politiki n’igisirikare. Nk’uko bivugwa, -Perezida wa FCLR...
0 Reactions
0 Replies
72 Views
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko bakeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda. Yatangaje ko ikibazo cya...
0 Reactions
0 Replies
93 Views
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rukomo mu Karere ka NYAGATARE, bagaragaza impungenge ku kigero fatizo cy’ibihumbi 18 RWF basabwa kwizigama mu kigega cy’ubwiteganyirize cya EjoHeza, ayo bavuga...
0 Reactions
0 Replies
65 Views
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari...
0 Reactions
0 Replies
151 Views
Guverinoma ya Uganda yanze kwitaba inteko ishinga amategeko y’umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, ngo isobanure ibibazo byavuzwe mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa 15 Mutarama 2026. Mu...
0 Reactions
0 Replies
132 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…