Ikibuga cy’indege cya Mavivi mu Mujyi wa Beni uri mu ntera ya Km 340 uvuye i Goma cyafashwe n'inkongi y'umuriro.Muri uyu Mujyi niho himuriwe ibiro bya Guverineri w'Intara ya Kivu Ruguru nyuma...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 11 Werurwe 2026 umujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Congo wagabweho ibitero bikomeye bya Drones.
AFC/M23 igenzura uyu mujyi yemeje ko ibi bitero byagabwe n'ihuriro...
Ahubwo se ubundi buriya, abagore iyo batekereje ko umugabo we ashobora kujya ku musazi, ubwo ntibiba bivuze ko ntacyo abiyita bazima barusha uriya bita umusazi?
Nyuma y’uko bamwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Iran bavuye mu mwiherero wa bagenzi babo aho bari muri Australia mu irushanwa rya Women’s Asian Cup, bemerewe ubuhungiro na Perezida wa Leta...
Umujyi wa Kigali watangaje impinduka mu buryo wafatanyaga n’abaturage kwiyubakira imihanda, aho batangaga 30% na wo ukabunganira, ubongereraho 70%.
Umuyobozi w’umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe...
Mu gihugu abaturage bataka inzara, ariko mu karere ka Nyagatare, mu murenge wa Rwimiyaga, abaturage barataka kurandurirwa imyaka n'abayobozi.
Ibi si ubwa mbere, kuko no mu myaka yo ha mbere, na...
Abatuye mu tugari twa Mugera na Nyabicwamba mu murenge wa Gatsibo, wo mu karere ka Gatsibo,
bavuga ko batekewe imitwe na rwiyemezamirimo KARINGANIRE Emmanuel ababeshya ko agiye kubafasha kuhira...
Abaturage bo muri santere ya Musumba mu karere ka Kamonyi,
baravuga ko batewe impungenge n'inzoga y'inkorano bise "Agasembuye". Ivugwaho guhindura urubyiruko rugahita rujya mu ngeso z’ubusambanyi...
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo hakemurwe ibindi bibazo...
Minisitiri w’Ibidukikije, Dr. Arakwiye Bernadette yatangaje ko bakeneye abakozi 3000 bo gufasha mu guhangana n’ikibazo ikibazo cya serivisi z’ubutaka zisigaye zitinda.
Yatangaje ko ikibazo cya...
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Rukomo mu Karere ka NYAGATARE,
bagaragaza impungenge ku kigero fatizo cy’ibihumbi 18 RWF basabwa kwizigama mu kigega cy’ubwiteganyirize cya EjoHeza, ayo bavuga...
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari...