Ishyirahamwe ry’Umukino w’Amagare mu Rwanda (FERWACY) riri mu biganiro n’Impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku Isi (UCI) ku buryo isiganwa mpuzamahanga rizenguruka igihugu ‘Tour du Rwanda’...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare mu Rwanda cyatangaje ko ibiciro by'ibicuruzwa mu Rwanda byiyongereyeho 7.1% mu kwezi k’Ukwakira ugereranyije n’Ukwakira kwa 2024.
Buri gihe cyose...
Simvuga byinshi kuko murabiindusha. Umugabo wagukoye, akagukura iwanyu, ba nyogosenge na ba nyokowanyu bakakugira inama, babakwibutsa ko kubaha umugabo ari inshingano atari ubusabe.
1. Urusengero...
Iyi foto, iragaragaza igikomere cy'isasu, umukobwa Mugiraneza yarashwe i Bujumbura mu Burundi.
Ni umukobwa wageze i Burundi ahunze, kuko ari umunyamurenge.
Amakuru yatanzwe n'ababibonye, avuga...
Uyu mugabo wo mu gihugu cya Tanzania, nyuma yo kuba mu gikundi cy'abantu 21 baregwa gushaka guteza imidugararo mu gihugu, yajyanywe mu rukiko yambaye agakabutura k'imbere n'isengeri gusa. Bivugwa...
Ngabonziza Augustin wamamaye mu ndirimbo ‘Ancilla’ yashyinguwe kuri uyu wa 6 Ugushyingo 2025.
Umuhango wo guherekeza Ngabonziza no kumusezeraho bwa nyuma wabanjirijwe n’amajoro y’ikiriyo cyaberaga...
Sosiyete sivile ya Tanzania yasabye Guverinoma y’iki gihugu gutanga ibimenyetso ku byo yatangaje ko imyigaragambyo n’imvururu byabaye mu matora na nyuma yaho bwagizwemo uruhare n’abanyamahanga...
Imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange, na zo zarangijwe
Amakuru y'ibanze, agaragaza ko nibura abantu 700 ari bo bamenyekanye ko baburiye ubuzima mu myigaragambyo yabaye...
Guverinoma ya Tanzania yatangaje ko yakuyeho bimwe mu byemezo byari byashyizweho birimo guma mu rugo n’ifungwa rya internet, nyuma y’uko habaye imvururu zakurikiye amatora ya Perezida.
Kuri uyu...
Elections in Tanzania were neither free nor fair
October 30, 2025
In a joint statement on general elections held on 29 October in Tanzania, leading MEPs urge all democratic partners to stand firm...
Igihugu cya Venezuela cyamaze kwegeranya abasirikare bagera ku bihumbi ijana na makumyabiri na bitanu(125,000) bagomba guhangana n'ingabo za Amrika, imaze iminsi igaragaza ko igomba gushoza...
Umusirikare wa Uganda ukora mu bitaro bya Kabamba IV yafatanywe imiti irenga ibihumbi 150 igabanya ubukana bwa SIDA yari yibwe kuri ibyo bitaro.
Uyu musirikare ukekwaho icyaha yari umukozi muri...
Umuhuzabikorwa w’Ihuriro rya AFC/M23, Corneille Naanga, yatangaje ko kuva hasinywa amasezerano y’amahoro hagati y’iri huriro na Leta ya Congo, aribwo ibitero bagabwaho byiyongereye.
Yabigarutseho...