Les Léopards yo muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, mu gihe hitegurwa imikino y'igikombe cy'isi,
inzego zo muri leta zunze ubumwe za Amerika, ziratangaza ko kugira ngo izitabire ayo...
Nimewahi kukuta kahawa ya rwanda kwenye maduka ya marekani mara kadhaa sana. Sijawahi kukuta Kahawa ya Tanzania ikuzwa kwenye mduka ya Marekani. Leo nimekuta unga wa ugali kutoka Rwanda kama...
Bamwe mu ba Nya-Kenya bayobowe n’umunyarwenya Eric Omondi bateguje i myigaragambyo izaba guhera kuwa mbere w’icyumweru gitaha kugeza ku munsi wo ku cyumweru igihe cyose Leta itagira icyo ikora...
Umuherwe wa mbere muri Afurika, Aliko Dangote, yatangaje ko u Rwanda ruri mu bihugu bike yashoramo imari muri Afurika kubera ko ari kimwe mu bitanga icyizere cy’iterambere rirambye ku mugabane.
Yego ntiduhakana ko ari igisobanuro cyo gushakira ubuzima ahatemewe. Ariko se, aho byemewe, burahari?
None se, imigenzereze nk'iyi ni cyo kitwa kwigisha umuturage cy ni ukumwumvisha? Ubu se waba...
Raporo y’ikigo mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace Research Institute igaragaza ko n’ubwo iyinjizwa ry’intwaro muri Afurika ryagabanutseho 41%, ibihugu...
Abakorera mu cyanya cyahariwe Inganda cya Masoro, barinubira amafaranga y’inyongeragaciro (TVA) ku batumiza ibintu hanze ateganyijwe kujyaho guhera mu kwezi kwa 9 uyu mwaka.
Aba bavuga ko ari...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 9 Gicurasi, abaturage bo mu mudugudu wa Rweru mu kagari ka Bungwe mu murenge wa Bungwe mu karere ka Burera, babyukiye mu gahinda nyuma yo gusanga...
Iradukunda Théophile w’imyaka 28 na Mutoni Marie Chantal w’imyaka 25, bakoraga kuri station ya lisansi, bahiriye mu nzu yo ku kazi barapfa mu nkongi y’umuriro yabaye mu Karere ka Rusizi.
Iyi...
Abarezi bane bo ku ishuri rya Rubengera II TSS riherereye mu karere ka Karongi,
barimo Directeur, DOS, comptable wari warahavuye n’uwamusimbuye barafunze...
Umubyeyi witwa Uwitonze Jose utuye mu murenge wa Gisozi, akarere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali, aratabaza nyuma yo kubyarira ku bitaro bya Muhima bakamukuramo nyababyeyi mu buryo avuga ko...
Uzaramba Karasira Aimable wamenyekanye nka Prof Nigga wahamijwe icyaha cyo gukurura amacakubiri muri rubanda,
amakuru atugeraho kuri ubu ni uko yamaze kuva mu mubiri, mu gihe yiteguraga gusohoka...