Umujyi wa Kigali watangaje ko mu bugenzuzi bw’isuku bwakorewe inyubako zisaga 60 izigera ku 14 gusa ari zo wasanze zujuje ibisabwa.
Umuvugizi w’Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya, yavuze...
Abahagarariye umuryango w’abanyamulenge b’abatutsi bo muri Minembwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batanze ikirego mu Rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), i La Haye...
Abakorera ku Mupaka wa Rusumo uhuza u Rwanda na Tanzania bongeye kugaragaza igihombo kirimo guterwa n'Isoko upuzamipaka rya Rusumo rimaze imyaka 4 ridakorerwamo neza, kuko imiryango yaryo hafi ya...
Ishyamba ryo ku Kirunga cya Muhabura giherereye mu karere ka Burera mu ntara y’amajyaruguru ryafashwe n’inkongi y’umuriro mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Kanama 2026.
Umuturage utuye mu kagari ka...
Gasabo: Umuturage witwa Hategekimana Tharcisse, utuye mu mudugudu wa Murambi mu kagari ka Ruhango mu murenge wa Gisozi, aratabaza nyuma yuko umuturanyi we witwa Boniface Nsekanabo afunze inzira...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yavuze ko impamvu u Rwanda rwahereye ku guca inzoga zitujuje ubuziranenge mbere y’itabi kandi na ryo ryangiza ubuzima, ari uko inzoga ari zo zari ziri...
Umuvugizi w’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry yashimangiye ko gukurikirana abafite aho bahuriye no kwenga ibinyobwa bitujuje ubuziranenge mu Rwanda bitarangiye...