Byibuze rimwe na rimwe abashakanye bajye bibuka ko Divorce atari iherezo ry’ubuzima🙊.
Sinumva icyo bimaze kuba wumva ko uwahoze ari umufasha wawe ari gusohorwa mu ikode nk’inzererezi mu gihe wowe...
Biravugwa ko uwamwishe ari umugabo yari yacyuye aho acumbitse ngo baryamane amwishyure.
Biravugwa kandi ko umugabo we afungiye mu nzererezi ku kigo cya transit kiri i Karubamba, mu murenge wa...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Solange Uwituze, yatangaje ko Leta itazongera gushyiraho igiciro cy’amata ahubwo kizajya gishyirwaho n’aborozi bafatanyajije...
Rwanda FDA yahagaritse inakuraho impushya zose zo gutumiza alukolo (Ethanol/Neutral Spirit).
Iki kigo kandi cyatangaje ko cyahagaritse ubusabe bwose bwari bwatanzwe bwo gutumiza iyi alukolo...
Ikilo cy'inyama kigeze kuri angahe aho utuye? Ibihumbi cumi naaaa, umuceri ni 2.5K, fuel ni hafi 3k, n'ibindii...
Living cost i Kigali ishobora kuba iri hejuru kurusha USA.....!
Nubwo bimeze...
Ba bantu ubona binywera amatabi ku karubanda, ngo bagira umutima mwiza.
Ba bandi bahorana amashapure, benshi muri bo ni abagome.
Bamwe batajya mu nsengero, ngo ikibazo bafitanye n'Imana ni uko...
Ni umushinga byavugwaga ko uzatangira mu mwaka wa 2025.
Umwaka wa 2026 umaze kurenga icya kabiri cyawo. Bivuze ko no muri uyu mwaka bidashoboka.
Minisitiri w'ibikorwaremezo, yasimbuwe ntacyo avuze...
Zimwe mu mpamvu ni izi 👇🏽
1. Hari bamwe batewe inda batabipanze, bikarangira babanye nta mananiza
2. Hari abageze muri ghetto, bahasanze Ampli na Flat na WiFi birangira uko nta biganiro
3. Hari...
Minisiteri y’abakozi ba leta n’umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko yahannye ibigo 71 kubera kutubahiriza amategeko agenga umurimo mu Rwanda.
MIFOTRA yatangaje ko mu mezi atandatu ya mbere ya 2026...
Abantu baza Kigali bakagenda bavuga ubwiza bwabyo n'isuku uwabageza Nyabugogo muri Gare bahindura imvugo uziko hano muri Gare wagira ngo ni mu birombe bacukura mo amabuye n'imicanga? Gare nkuru...