Akarere ka Rubavu , katangaje ko hari imiryango 420 ibana mu makimbirane, ibigaragazwa nk’igisitaza mu kubana basezeranye byemewe n’amategeko.
Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe...
Abaturage barema isoko rifatanye na gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi,
bavuga ko babangamiwe no kwishyuzwa amafaranga yo kwinjira mu isoko cyangwa muri gare bakavuga ko...
Abaturage barema isoko rifatanye na gare ya Bishenyi mu Murenge wa Runda, mu karere ka Kamonyi,
bavuga ko babangamiwe no kwishyuzwa amafaranga yo kwinjira mu isoko cyangwa muri gare bakavuga ko...
Abagabo bataha saa saba z'ijoro, siko bose baba bavuye mu burayi.
Kandi n'ubwo bava mu burayi, nibura jya wubaha ko yagiye kuraya akanagaruka mu rugo.
Umugabo w'umupfubuzi, ayo yakoreye aguramo...
Mu Karere ka Rwamagana ku Muyumbu bahasanze uruganda rwitwa Agashinguracumu rukora inzoga (Izimano, Mapozi, Umunara) mu byitwa ibisabune bisanzwe bimenyerewe gucagagura imyanda yo mu bwiherero...
Nyuma y'aho ku munsi w'ejo hashize, tariki ya 19 Ugushyingo 2025, u Burusiya bugabye ibitero byashegeshe umujyi wa Kyiev, bigahitana abantu 26, biravugwa ko Steve Witkoff intumwa yihariye ya Trump...
20% by'ingengo y'imari ya leta ya DR Congo y'umwaka mushya w'imari yagenewe igisirikare mu muhate wo "kwisubiza buri gace k'ubutaka bw'igihugu kaguye mu maboko y'umwanzi", nk'uko byatangajwe na...
Ikintu cyonyine kizakubwira agahinda k'abagore batanyurwa, ni amashuka yo muri lodge.
Ibirenze ibyo, amasume na ka gasabune ka Eva katabura muri izo douche.
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yatangaje ko iki gihugu kizagorwa no kubona inguzanyo zigifasha gushyira mu bikorwa imishinga y’iterambere, bitewe n’imyigaragambyo iherutse guhuza...
Mu nama y'abaminisitiri yo mu mpera z'icyumweru gishize, Perezida Félix-Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yashinze abaminisitiri batatu gufatanya bagakora ibikenewe ikibuga...
Mu gihe hari abakunda kwinubira impanuka zikorwa n'amakamyo yo mu bwoko bwa HOWO, umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yabwiye itangazamakuru ko HOWO atari zo modoka zikora...