U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere bikomeye byifashishije drone zigera kuri 600 na za misile muri Ukraine.
Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelenzky, yatangaje ko abantu bane mu Mujyi wa...
Abacuruzi n’abaturiye santere y’ubucuruzi ya Kora, iherereye mu Murenge wa Jenda,mu karere ka Nyabihu, bavuga ko babangamiwe n’umunuko ukabije uterwa n’ikimoteri gikusanyirizwamo imyanda iva muri...
Hari benshi bajya bibwira ko iryo jambo rishobora kubarinda imbere y'itegeko.
Benshi bibeshya ko gukoresha ijambo BIVUGWA,BIRAVUGWA,BYAVUZWE KO, ari ibisanzwe mu mategeko
Ubutabera si uko bukora...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye y’umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri (Animateur) mu kigo kimwe cyo mu Karere ka Ruhango cya Saint...
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryemeye kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rivuga ko iki cyemezo ari intambwe yo kubaka icyizere no...
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR watwitse umudugudu wose muri teritwari ya Walikale, intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Iri bara ryabereye mu...
Inkuru imaze iminsi ku rupapuro rubanza muri Afurika, no ku Isi yose ni ifatwa ry’umujyi wa Uvira uri muri Kivu y’Amajyepfo wigaruriwe n’abarwanyi ba AFC/M23.
Hari abareba ikibazo cy’ifatwa...
Ku ifoto, urahabona abavandimwe babiri:
1. Capitain Blaise Compaore, na
2. Capitain Thomas Sankara.
Uburyarya bukomeye bwabayeho mu mateka y'umugabane wa Afurika, ni igihe Capitain Thomas...
Minisitiri w'Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, agaragaza ko amafunguro atunganyirijwe mu nganda ari ikibazo ku buzima bw'umuntu, aho ashobora kumukururira uburwayi burimo kanseri, indwara y'umutima...
Gufunga umupaka wa Gatumba hagati ya Burundi na RDC birimo gutera ingaruka zikomeye ku buzima bwa buri munsi no ku bukungu bw’u Burundi.
1.5L ya lisansi yavuye hafi 10,000 FBu iba 35,000 FBu...
Hari ukuri ba nyir'ubwite bahora bahakana, ariko burya ngo agahinda k'inkoko, kamenywa n'inkike yatoyemo.
Banga kubyemera ariko ni ko kuri. Bibwiraga ko bari kujyana n'ibigezweho.
Gusiga umugabo...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko umujyanama waryo mu bijyanye n’itumanaho, Magloire Paluku, yapfuye mu buryo bubabaje ku wa 10 Ukuboza...
Umujyi wa Kigali uri ku mwanya wa gatatu mu mijyi 10 ya Afurika ifite uburyo bwo gukodesha inzu bwigonderwa na mbarwa.
Umujyi wa Addis Ababa wo muri Ethiopia ni wo wa mbere uhenze guturamo ukaba...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro byo mu Rwanda bikomatanyije ku masoko yo mu mijyi no mu cyaro, byiyongereyeho 5,1%, ugereranyije n’uko byari bihagaze mu kwezi...