Rwanda Forum

Murakaza neza ku rubuga rwa JamiiForums. Nezerwa n'amakuru n'ibiganiro bitandukanye mu rurimi rw'ikinyarwanda
Mu gihe ubushakashatsi bwerekana ko abaturage batagitanga amakuru kuri ruswa kubera ko n’abagerageza kuyatanga babona inzego zishinzwe kubikurikirana ntacyo zibikoraho, Polisi y’u Rwanda iramara...
0 Reactions
0 Replies
48 Views
U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere bikomeye byifashishije drone zigera kuri 600 na za misile muri Ukraine. Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelenzky, yatangaje ko abantu bane mu Mujyi wa...
1 Reactions
2 Replies
130 Views
Mu gihe ihuriro rya AFC/M23 rikomeje kubungabunga umutekano mu bice rigenzura mu burasirazuba bwa DRC, Umuryango w’Abibumbye uri gukora ibishoboka byose kugira ngo ubutumwa bwawo (MONUSCO)...
0 Reactions
0 Replies
125 Views
Abandi barimu bo muri Zimbabwe bagiye kuza mu Rwanda bahawe impanuro Ikindi cyiciro cy’Abarimu bo muri Zimbabwe bagiye kuza mu Rwanda baherewe impanuro mu mahugurwa abategura, mbere yuko...
0 Reactions
0 Replies
95 Views
Abacuruzi n’abaturiye santere y’ubucuruzi ya Kora, iherereye mu Murenge wa Jenda,mu karere ka Nyabihu, bavuga ko babangamiwe n’umunuko ukabije uterwa n’ikimoteri gikusanyirizwamo imyanda iva muri...
0 Reactions
0 Replies
62 Views
Hari benshi bajya bibwira ko iryo jambo rishobora kubarinda imbere y'itegeko. Benshi bibeshya ko gukoresha ijambo BIVUGWA,BIRAVUGWA,BYAVUZWE KO, ari ibisanzwe mu mategeko Ubutabera si uko bukora...
0 Reactions
0 Replies
77 Views
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwohereje mu Bushinjacyaha dosiye y’umukozi ushinzwe imyitwarire y’abanyeshuri (Animateur) mu kigo kimwe cyo mu Karere ka Ruhango cya Saint...
0 Reactions
0 Replies
97 Views
1. Urya ibyo utaruhiye 2. Ngo bambara uko bashaka batatanze ayabo 3. Ntawe ukwishyuza aho uryama. Gusa igihombo ni kimwe. Ngo bakwicundabata hejuru ku buntu nta n'100 baguhaye.
0 Reactions
0 Replies
52 Views
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko amahanga abona ibitero by’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bigabwa mu bice bigenzurwa na...
0 Reactions
0 Replies
84 Views
Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ryemeye kuvana ingabo zaryo mu mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, rivuga ko iki cyemezo ari intambwe yo kubaka icyizere no...
0 Reactions
0 Replies
84 Views
Umutwe w’iterabwoba wa FDLR watwitse umudugudu wose muri teritwari ya Walikale, intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iri bara ryabereye mu...
0 Reactions
0 Replies
66 Views
Inkuru imaze iminsi ku rupapuro rubanza muri Afurika, no ku Isi yose ni ifatwa ry’umujyi wa Uvira uri muri Kivu y’Amajyepfo wigaruriwe n’abarwanyi ba AFC/M23. Hari abareba ikibazo cy’ifatwa...
0 Reactions
0 Replies
73 Views
Ku ifoto, urahabona abavandimwe babiri: 1. Capitain Blaise Compaore, na 2. Capitain Thomas Sankara. Uburyarya bukomeye bwabayeho mu mateka y'umugabane wa Afurika, ni igihe Capitain Thomas...
0 Reactions
0 Replies
72 Views
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwahamije Manzi Sezisoni Davis ibyaha byo kuvunja amafaranga no kuyacuruza mu buryo butemewe n’amategeko, kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya...
0 Reactions
0 Replies
80 Views
Minisitiri w'Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, agaragaza ko amafunguro atunganyirijwe mu nganda ari ikibazo ku buzima bw'umuntu, aho ashobora kumukururira uburwayi burimo kanseri, indwara y'umutima...
0 Reactions
0 Replies
50 Views
Gufunga umupaka wa Gatumba hagati ya Burundi na RDC birimo gutera ingaruka zikomeye ku buzima bwa buri munsi no ku bukungu bw’u Burundi. 1.5L ya lisansi yavuye hafi 10,000 FBu iba 35,000 FBu...
0 Reactions
0 Replies
67 Views
Hari ukuri ba nyir'ubwite bahora bahakana, ariko burya ngo agahinda k'inkoko, kamenywa n'inkike yatoyemo. Banga kubyemera ariko ni ko kuri. Bibwiraga ko bari kujyana n'ibigezweho. Gusiga umugabo...
0 Reactions
0 Replies
83 Views
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko umujyanama waryo mu bijyanye n’itumanaho, Magloire Paluku, yapfuye mu buryo bubabaje ku wa 10 Ukuboza...
0 Reactions
0 Replies
112 Views
Umujyi wa Kigali uri ku mwanya wa gatatu mu mijyi 10 ya Afurika ifite uburyo bwo gukodesha inzu bwigonderwa na mbarwa. Umujyi wa Addis Ababa wo muri Ethiopia ni wo wa mbere uhenze guturamo ukaba...
0 Reactions
0 Replies
92 Views
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje ko ibiciro byo mu Rwanda bikomatanyije ku masoko yo mu mijyi no mu cyaro, byiyongereyeho 5,1%, ugereranyije n’uko byari bihagaze mu kwezi...
0 Reactions
0 Replies
62 Views
Cookies are required to use this site. You must accept them to continue using the site. Learn more…