U Rwanda rwongeye gutanga Louise Mushikiwabo ho umukandida ku mwanya w'Umunyamabanga Mukuru w'umuryango w'Ibihugu bivuga Igifaransa, OIF. Ibi ni ibyatangajwe na Minisitiri. Minisitiri w’Ububanyi...
Umuvugizi w’Agateganyo w’Ingabo za Uganda (UPDF), Colonel Chris Magezi, yemeje ko umutekano watangiye gukazwa mu Murwa Mukuru Kampala, ariko amara abaturage impungenge ko badakwiye kubigiraho...
Internet yacitse muri Iran yose mu gihe Ayatollah yavuze ko abigaragambya barimo 'kugerageza gushimisha Trump'
Kuri iyi myigaragambyo yo muri Iran, Trump aherutse gutangaza ko ubutegetsi bwa Iran...
Hagaragara abana bataye ishuri mu murenge wa Muhanga aho bakunda kwita mu Kiyoro,aba bana bivugwako ari imfubyi abandi bakaba abo mu miryango ikennye,bagasabirwa gufashwa bagasubira ku ishuri,...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Musanze, by’umwihariko abo mu Murenge wa Cyuve, Akagari ka Bukinanyana, bavuga ko batewe impungenge n’umutekano muke baterwa n’abashumba b’inka bavuga ko baba...
Abaturage batujwe mu mudugudu w’abatishoboye wa Gashinya uri mu murenge wa Nduba mu Karere ka Gasabo, baratabaza ubuyobozi nyuma y’uko umubare w’abakobwa babyaye imburagihe ukomeje kwiyongera mu...
Mu 2016, abasirikare ba US Navy binjiye mu mazi ya Iran batabiherewe uburenganzira, maze Ingabo z’Inyanja za Iran zibafata byihuse. Bashyizwe ku ntebe, amaboko inyuma y’imitwe, ndetse amashusho...
Kantarama Consolée w’imyaka 62 wari Umujyanama w’Ubuzima mu Kagari ka Kigabiro mu Murenge wa Nyabitekeri mu Karere ka Nyamasheke, yapfiriye mu rugo rwa Kanyenzi Eliphase uvugwaho gukora ubuvuzi...
Bamwe mu bakora umwuga w'ububumbyi batuye ahazwi nko mu Rugarama, mu murenge wa Nyamabuye w'akarere ka Muhanga, bari gutaka inzara n'ubukene bukabije akenshi biterwa n'uko biziritse ku mwuga wo...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko bwahagaritse ibikorwa byo gucuruza ibigori bibisi ku bashaka ku byotsa no kubiteka bitogosheje, mu rwego rwo kurengera abahinzi no kwimakaza isuku...
Haya,
ngiryo rya terambere na bwa budasa bwacu.
Serebgeti National Park muri Tanzania, yuzuye ibyiza nyaburanga bitagira ingano, kuyisura, umuturage wo mu bihugu bya East Africa, yishyura ibihumbi...
Abagiye gusorera ubutaka bwabo buri mu mujyi wa Kigali, batunguwe no gusanga ibiciro byawo byarazamuwe bucece! Umusoro w’ubutaka muri Kigali mu mwaka wa 2025 wazamuwe ku giciro cya nyuma itegeko...
Abatuye Umujyi wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Teritwari ya Nyiragongo, barishimira ko bizihije iminsi mikuru bafite umutekano bahawe n’ubuyobozi bw’Ihuriro AFC/M23. Ni mu gihe habura...