Ati “Niba hari ushaka Goma nta kibazo, ku mpamvu izo ari zo zose zaba ari izijyanye n’imigenzo cyangwa se niba hari abemerera mu marozi, Goma iri mu biganza by’abantu runaka. Genda uvugane na bo.”
“Ndamutse ari njye ugenzura Goma, ukaza ukavuga ngo urashaka kugenzura Goma, navuga nti nta kibazo, ubu iri mu biganza byanjye, ntabwo ndi buyiguhe mu gihe utanyeretse uko uri bukemure ibibazo byanjye.
Perezida Paul Kagame avuga ku kibazo cy’ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma kimaze iminsi kivugwa n’amahanga.
“Ndamutse ari njye ugenzura Goma, ukaza ukavuga ngo urashaka kugenzura Goma, navuga nti nta kibazo, ubu iri mu biganza byanjye, ntabwo ndi buyiguhe mu gihe utanyeretse uko uri bukemure ibibazo byanjye.
Perezida Paul Kagame avuga ku kibazo cy’ifungurwa ry’ikibuga cy’indege cya Goma kimaze iminsi kivugwa n’amahanga.