VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,481
- 1,450
Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, anahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo kuza gufatanya na ryo.
Maj Gen Makenga yagejejweho bimwe mu bibazo biri mu bice biyobowe n’aba bayobozi, birimo iby’umutekano ndetse n’ibindi byose bikeneye gukemurwa.
Maj Gen Sultani Makenga yavuze ko icya mbere ari umutekano kugira ngo ibindi byose bigerweho, kandi ko igisirikare cya AFC/M23 ari cyo gishyize imbere.
Yakomeje avuga ko abaturage bakeneye umutekano kuko ari wo ubafasha gutera imbere mu bikorwa byabo bituma banagira imibereho myiza.
Umugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, anahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo kuza gufatanya na ryo.
Maj Gen Makenga yagejejweho bimwe mu bibazo biri mu bice biyobowe n’aba bayobozi, birimo iby’umutekano ndetse n’ibindi byose bikeneye gukemurwa.
Maj Gen Sultani Makenga yavuze ko icya mbere ari umutekano kugira ngo ibindi byose bigerweho, kandi ko igisirikare cya AFC/M23 ari cyo gishyize imbere.
Yakomeje avuga ko abaturage bakeneye umutekano kuko ari wo ubafasha gutera imbere mu bikorwa byabo bituma banagira imibereho myiza.