VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,481
- 1,450
Mu Rwego rwo gukomeza kwiyubaka, igisirikare cya M23 cyungutse abandi basirikare batojwe mu buryo bugezweho, 9,350.
Amahugurwa yabo yasojwe na Gen Majoro Sultani Makenga, wabinjije byeruye mu gisirikare ayoboye, aho intego ari ukubohora igihugu.
Mu gusoza aya mahugurwa, yongeye kubasaba kurangwa n'ikinyabupfura, ubunyamwuga, kurinda abaturage n'ibyabo, ndetse no guharanira kuba intangarugero, birinda ibikorwa bibatesha agaciro, kuko
Amakuru ahari kugeza ubu, avuga ko igisirikare cya M23 kugeza ubu kigizwe n'abasirikare bari hagati y'ibihumbi 60 na 80.
Amahugurwa yabo yasojwe na Gen Majoro Sultani Makenga, wabinjije byeruye mu gisirikare ayoboye, aho intego ari ukubohora igihugu.
Mu gusoza aya mahugurwa, yongeye kubasaba kurangwa n'ikinyabupfura, ubunyamwuga, kurinda abaturage n'ibyabo, ndetse no guharanira kuba intangarugero, birinda ibikorwa bibatesha agaciro, kuko
Amakuru ahari kugeza ubu, avuga ko igisirikare cya M23 kugeza ubu kigizwe n'abasirikare bari hagati y'ibihumbi 60 na 80.