VERITE-NUE
JF-Expert Member
- Jan 28, 2019
- 1,481
- 1,450
Sosiyete ya RwandAir yatangaje ko ikirere kibi cyatumye indege zagombaga kuva ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali n’izivayo zikererwa.Ubutumwa RwandAir yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Mutarama 2026 bugira buti “Bitewe n’igihu cyinshi no kutagaragara neza ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali, zimwe mu ndege zijya n’iziva i Kigali zishobora gukererwa.”