Basore namwe bagabo, dore inama isumba izindi

Basore namwe bagabo, dore inama isumba izindi

VERITE-NUE

JF-Expert Member
Joined
Jan 28, 2019
Posts
1,481
Reaction score
1,450
1. Ntuzigere utuma umugore/Umukobwa atandukana n'uwo bari kumwe kubera wowe(Burya ntacyo umurusha)
2.Ntuzizere umutekano wawe igihe uri kumwe n'umugore wigeze inshuti akurikiye amafaranga.
3. Musore(Mwana)muto, abagore bafite abana si ikigero cyawe. Barekere abagabo bubatse cg bapfakaye, kuko ikigero cy'ubwenge bwabo, kirenze icyawe kure cyane.
4.Uzirinde gushaka cg gukundana n'umugore ukurusha imyaka y'ubukure
5. Jya ugendera kure abagore/abakobwa bari kwiga niba wowe ukiri kwihiringa wiyubaka.
6. Umugore waguciye inyuma, ntuzamugarure mu buzima bwawe.
7. Ntuzashake umugore igihe utizeye neza aho ukura ibigutunga cg byabatunga mwembi
8. Umugore wawe,uzamubwirwa n'inshuti ze.
9. Umugore uzakubwira amateka y'ahahise he(mu rukundo)aba aguhaye amahitamo 2:
-Kumwemera uko ari
-Kumureka ugashaka abandi
10. Niwitonda uzasanga byoroshye ko umugore yakwanga aguhoye amafaranga, ariko umugabo byoroshye kwangiza amafaranga ye kubera umugore.
11. Abagore kamere yabo ni ugusaba abagabo. Ntuzigore ushaka kumushimisha kuko utwawe twose tuzashira atanyuzwe.
12. Hari isano nini hagati y'agasuzuguro, ijinyori no kwiyemera k'umugore. Uzabigereranye n'intege nke ufite uzabona igisubizo.
13. Umugore ukwiye arangwa n'ubusugi. Ariko nusanga umugore wawe yaratakaje ubusugi, uzagende gacye kuko hari benshi bakubanjirije, kandi ntacyo uzaba uzanye kiruta ibyo yagaye byose kuri bo.
14. Uzagendere kure umugore utagira akazi gasobanutse, ariko ufite guetto ye.

15.Mugabo/ Musore: Mugabo/ Musore: Mugabo/ Musore: Mugabo/ Musore:
Mbahamagaye kangahe?
Uzirinde kurara mu nzu y'umuugore cyangwa umukobwa n'ubwo yaba ari wowe wishyura ubukode.
 

Similar Discussions

Back
Top Bottom