Wari uzi ko urukiko rushobora kugutegeka kugira amafaranga runaka uha umuntu mwatandukanye ((X-wawe)(umugore n'umugabo)).
Hari abantu bajya bibeshya ko iyo urukiko rutanze gatanya biba birangiye ibyawe n'uwo mwabanye.
Alimony cg Maintenance of a Spouse), ni ingingo ya 241 iba mu itegeko rigemga...
Inteko nyobozi y’itorero ry’abahamya ba Yehova yatangaje ko abayoboke baryo bafite uburenganzira bwo kwifatira icyemezo cyo kuvomwamo amaraso no kuyasubizwamo mu rwego rw’ubuvuzi.
Ubu butumwa bwatanzwe na Gerrit Lösch uri mu bagize iyi nteko, ku wa 20 Werurwe 2026 ubwo yatangazaga raporo ya...
Ubuyobozi bukuru bw’ingabo z’u Rwanda (RDF), bwatangaje ko Kaminuza y’igihugu ya gisirikare yatangiye kubakwa mu murenge wa Bumbogo, Akarere ka Gasabo, ikaba yitezweho kurushaho kongerera imbaraga urwero rw’umutekano no kubaka ubushobozi bw’abayobozi mu bya gisirikare.
Ni Kaminuza yitezweho...
JamiiForums uses cookies to help personalise content, tailor your experience and to keep you logged in if you register.
By continuing to use this site, you are consenting to our use of cookies.